Mu itangazo rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda ryaraye risohotse kuri iki Cyumweru handitsemo ko ibyo DRC iri gukora bihangayikishije u Rwanda mu buryo bukomeye. U Rwanda ruvuga ko bigara...
Perezida Kagame mu Biro bye yahakiriye mugenzi we wa Mozambique Filip Nyusi. Ku rukuta rwa X rw’Ibiro by’Umukuru w’u Rwanda handitse ho ko Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye k...
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu rwagati muri Somalia hazindukiye imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba Al Shabaab n’ingabo z’iki gihugu. Byatangiriye ku gitero aba barwanyi...
Amakuru ava i Teheran avuga ko hari ibitero indege za Pakistan zagabye muri Iran mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane taliki 18, Mutarama, 2024. Ni ibitero byo kwihorera ku bindi Iran nayo iherutse kugaba...
Abarwanyi ba RED Tabara bateye Uburundi bica abantu 20. Ni igitero cyabereye mu Burengerazuba bw’Uburundi ku gice kigana kuri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, b...
Ni icyemezo aba barwanyi bafashe nyuma y’uko ubutegetsi bwa DRC bwemeje ko abasirikare ba EAC bari baraje kujya hagati y’impande zihanganye, bataha. Bitarenze taliki 10, Ukuboza, 2023 aba basirikare b...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda; Dr. Vincent Biruta yabwiye abagize Inteko rusange y’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, ko ibyo Guverinoma ya DRC ihora ivu...
Kugeza ubu ngo hariho Gaza y’Amajyaruguru na Gaza y’Amajyepfo nk’uko Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Lt Col Jonathan Conricus abivuga. Jonathan Conricus avuga ko ingabo z’igihugu cye zaciyemo kabir...
Indege ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 zahagurutse mu birindiro by’ingabo z’Amerika biri muri Syria na Iraq zigaba ibitero ku nzu zari zibitswemo ibisasu abarwanyi bashyigikiwe na Iran bari ba...
Mu rwego rwo gufasha abana gusubira mu mashuri, ingabo na Polisi by’u Rwanda boherejwe muri Mozambique kuhagarura amahoro bahaye abana b’aho amakayi n’amakaramu. Abana bahawe ibi bikoresho ni abo mu M...









