Isesengura: Kuri uyu wa Kabiri tariki 29, Kamena 2021 abarwanyi bo mu Ntara ya Tigray beguye intwaro biminjiramo agafu barwanya ingabo z’igihugu za Ethiopia. Kugeza ubu nta gihugu biravugwa ko kibater...
Nyuma yo gushinga ibirindiro muri Nigeria, mu bihugu bya Sahel( Mali, Burkina Faso…) na Mozambique, hari amakuru yakusanyijwe n’abashinzwe umutekano n’abashakashatsi yemeza ko Islamic Sta...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe gutabara imbabare Bwana Mark Lowcock yatangaje ko mu Majyaruguru ya Ethiopia mu Ntara ya Tigray inzara ica ibintu. Abantu bagize imiryango 350 000...
Nyuma y’itangazo rya Minisiteri y’ingabo rivuga ko hari abarwanyi bo mu mutwe wa Front de Libération National( FLN) baraye bateye u Rwanda, ingabo zarwo zikabasubizayo, hari amafoto yasohotse yerekana...
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda rivuga ko mu ijoro ryacyeye hari abarwanyi bashatse gutera u Rwanda baturutse i Burundi ahitwa Giturashyamba muri Komini Mabayi ariko bakubitwa inshuro. Riv...
Lieutenant Général Ibrahim Attahiru wari usanzwe ari umugaba w’ingabo za Nigeria yaraye aguye mu mpanuka y’indege ari igiye kugwa kuy kibuga cya Kaduna kiri mu Majyaruguru ya Nigeria. Amakuru y’urupfu...
Ubwo umunyamakuru yabazaga Perezida Felix Tshisekedi niba atemera ko ibyo ingabo za Tchad zakoze ubwo zafataga ubutegetsi ari Coup d’état ya gisirikare, undi yamusubije ko ibyo zakoze ari ukurinda ubu...
Mu gihe hasigaye igihe gito kugira ngo ingabo z’Amerika zitahe ariko ubu zikaba zarongerewe igihe, byarakaje Abatalibani. Ingabo na Polisi baryamiye amajanja biteguye ko abarwanyi b’Aba Taliban ...
Ku wa Mbere tariki 20, Mata, 2021 nibwo muri Tchad, Afurika n’isi muri rusange abantu batangajwe kandi bababazwa n’urupfu rwa Idriss Deby Itno wari umaze imyaka 30 ayobora Tchad. Itariki yatangajweho ...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho gutan...









