Mu Ntara ya Borno muri Nigeria abarwanyi b’Umutwe Islamic State West Africa Province (ISWAP), uzwi mu Cyarabu nka Jamā’at Ahl as-Sunnah lid-Da’wah wa’l-Jihād bateze igico abasirikare ba Nigeria bicamo...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 04, Nzeri, 2021 Ingabo z’Abatalibani zatangije intambara ku barwanyi bashyigikiye umugabo witwa Massoud. Uyu mugabo yigeze gutozwa n’ingabo z’Amerika n’u Bwongereza kugir...
Col Ronald Rwivanga uvugira Ingabo z’u Rwanda yabwiye Taarifa ko kuba izi ngabo zigaruriye umujyi wafatwaga nk’ibirindiro by’abarwanyi ba Islamic State muri Mozambique ari ikintu gikomeye. Ngo akazi ...
Abarwanyi bashaka gukuraho ubutegetsi bw’i Addis Ababa baturutse mu Ntara ya Tigray bigaruriye umujyi w’i Lalibera muri Ethiopia uyu ukaba ari umujyi urimo ingoro zashyizwe ku rutonde rw&#...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye kuri uyu wa 01, Kanama, 2021 nibwo ingabo za Afurika y’Epfo, South African National Defense Force (SANDF)zageze ahitwa Pemba. Hari ubwato bwazao bw’intambara buri mu Ny...
U Rwanda, Botswana, Afurika y’Epfo, Zimbabwe, Angola…biri mu bihugu by’Afurika byafashe iya mbere byiyemeza kujya muri Mozambique kuyitabara. Ku ikubitiro u Rwanda rwahise rwohereza ...
Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye, Perezida wa Mozambique Filip Nyusi yavuze ko ingabo z’igihugu cye zifashijwe n’iz’u Rwanda mu Cyumweru gishize bakubise inshuro abarwanyi bamaze igihe b...
Mu gihe ibihugu biherereye mu Majyepfo y’Afurika bigize Umuryango w’ubufatanye The Southern African Development Community (SADC) byari bikiganira ngo byemeze igihugu kizayobora umutwe w’ingabo z’uriy...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa(operations) DIGP Felix Namuhoranye aherutse kubwira abapolisi boherejwe gutabara abatuye Intara ya Cabo Delgado ko intego y’u Rwanda ari ugut...
Nyuma yo gukubitwa inshuro n’Abatalibani cyane cyane mu Majyaruguru ya Afghanistan, ingabo z’iki gihugu ziri kwisuganya ngo zirebe ko zakwirukana bariya barwanyi bamaze iminsi bazicanaho umuriro. Inta...








