Umutwe wa gisirikare( ufite n’ishami rya politiki) Mouvement du 23 Mars( M23) uvuga ko ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bukomeje kugirira nabi abasirikare bawo bamanitse amaboko bakemer...
Umuvugizi wa M23 witwa Major Willy Ngoma yatangaje ko ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zikomeje kubagabaho ibitero. Avuga ko kuba zikomeje kubarasaho, bibaha uburyo bwo kwitabara kandi baza...
Ni ibyemejwe na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 07, Gashyantare, 2022 mu ijambo yavugiye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Umukuru w’igihugu yabwiye abari bamuteze amatwi barimo abahagarariye ib...
Filip Nyusi uyobora Mozambique kuri uyu wa Gatanu yasuye inzego z’u Rwanda zagiye mu gihugu cye gufasha izaho kugarura umutekano muri Cabo Delgado. Yasabye ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo gukomeza k...
Mu gihe ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo zivuga ko ziri gukubita inshuro abarwanyi ba ADF, kuri uyu wa Kane tariki 13, Mutarama, 2022 aba barwanyi bishe abantu 10 barimo ab...
Hagiye gushira umwaka abarwanyi bo mu ishyaka ryitwa Polisario bongeye kwegura intwaro bivugwa ko bahabwa na Algérie ngo bigarurira igice cya Sahara y’i Burengerazuba bavuga ko bambuwe na Maroc. Iri n...
Urukiko rwa gisirikare rw’i Mogadishu muri Somalia rwakatiye urwo gupfa abasirikare babiri ba Uganda bakoraga muri AMISOM.Ni nyuma yo kubahamya icyaha cyo kwica abasivili barindwi. The Nation yandits...
Ibinyamakuru byo muri Ethiopia n’ahandi ku isi byazindutse kuri uyu wa Gatatu byandika ko ubutegetsi bwa Ethiopia bwafunze abakozi barenga 16 b’Umuryango w’Abibumbye bakoreraga muri kiriya gihugu. Umu...
Ibiro Bikuru Bya Twitter byatangaje ko bibaye bikuye uru rubuga nkoranyambaga muri Ethiopia mu rwego rwo gukumira ko rwakwifashishwa mu kwenyegeza urwango mu baturage. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko...
Uruhande rw’abarwanyi bo muri Tigray ruvuga ko guhera mu mpera z’Icyumweru cyarangiye tariki 10, Ukwakira, 2021 ingabo za Ethiopia zabagabyeho ibitero biremereye bikoresheje indege n’ibimodoka by’inta...









