Abarwanyi ba Al Shaabab baraye bagabye igitero kuri Hotel ikunda gusurwa n’abayobozi bakuru muri Guverinoma ya Somalia witwa Hayat Hotel. Kugeza ubu abantu 12 nibo batangajwe ko bahasize ubuzima. Ikin...
Abaturage bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bavuga ko abarwanyi ba ADF baherutse kubagaba ho ibitero bica abantu bagera ku 10. Hagati aho ingabo za DRC nazo zivuze ibigwi ko ziv...
Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘utakwambuye aragukerereza.’ Uyu mugani uhuye n’amakuru Taarifa ifite avuga ko amafaranga u Bufaransa bwagombaga kwishyura abagiye kwirukana ibyihebe byo muri Mozambiqu...
Hari Taliki 12, Kamena, 2022 ubwo abarwanyi ba M23 bashushubikanyaga ingabo za Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo zimwe zihungira muri Uganda zambukiye ku mupaka wa Bunagana. Mu rwego rwo kwere...
Icyorezo COVID-19 cyaraye kishe Umunyarwanda wo mu Karere ka Nyamasheke. Hari hashize igihe kirekire imibare y’abandura iki cyorezo iri hasi ndetse nta muntu yaherukaga kwica. Minisiteri y’Ubuzima ya...
Nyuma yo gukubitwa inshuro n’ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza SADC, abarwanyi bari barigaruriye Intara ya Cabo Delgado muri Mozambique, abo barwanyi baravugwaho guhindura umuvuno bakerekeza mu Nta...
Kuva aho intambara yongeye gukara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ubu ikivugwa ni uko abarwanyi ba M23 bafashe umugi wa Bunagana, uyu ukaba ari umujyi uri ku mupaka wa Uganda na...
Nyuma y’uko hari intambara imaze igihe gito yubuye muri Repubulika ya Demukarasi amajwi ashinja u Rwanda kuba inyuma ibitero by’abarwanyi ba M23 akazamuka, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda witwa Yol...
I Ouagadougou muri Burkina Faso haravugwa inkuru yakuye abantu impungege ku mutekano wabo y’uko hari abarwanyi batorokesheje imfungwa zari zifungiye muri gereza nkuru ya kiriya gihugu. Umubare w’abato...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 02, Mata, 2022 abagizi ba nabi basanze abantu bacukuraga zahabu mu kirombe kiri ahitwa Namentenga barabarasa hapfa abagera kuri 20. Ni mu kirombe kiri ahitwa Kougdiguin mu...









