I Lubero muri Kivu ya Ruguru haravugwa urupfu rw’abantu 102 bivugwa ko bishwe na ADF. Inama y’Abapesikopi Gatulika yo muri iki gihugu ivuga ko abashinzwe umutekano n’inzego za Leta b...
Mu Mujyi wa Uvira habereye imyigaragambyo yakozwe n’abarwanyi ba Wazalendo bafatanyije n’indi miryango ivuga ko iharanira uburenganzira bwa muntu, bakavuga ko badashaka ko General Olivier ...
Abantu barindwi nibo babaruwe ko baguye mu mirwano hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba CODECO, umutwe umaze igihe uri mu yindi myinshi ica ibintu mu Ntara ya Ituri. Mu ...
Inyeshyamba za ADF ziravugwaho kwica abantu 43 zibasanze ahitwa Komanda mu Ntara ya Ituri. Itangazamakuru ryo muri DRC rivuga ko abenshi muribo bicishijwe intwaro gakondo, ubwo bari ahantu basenga. Ab...
Kugeza ubu harabarurwa abantu 30 baguye mu mirwano yadutse mu Majyepfo ya Syria hagati y’aborozi b’Abasunni n’abarwanyi b’aborozi bo mu gace ka Druze karimo abafite imyumvire y...
Hashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR kandi b...
Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya DRC n’u Rwanda ryateye benshi icyizere cy’amahoro, gusa hari abandi ryakuye umutima barimo n’abo muri FDLR. Ingingo ikomeye iyakubiyemo y’uko uyu mutwe ugomb...
Guverinoma ya Kinshasa yatangaje ko hari Miliyari $1 yamaze gushorwa mu nzego z’umutekano mu rwego rwo gutuma Uburasirazuba bwa DRC butekana. Ni igice kimaze imyaka irenga 20 kiri mu ntambara z’urudac...
Abarwanyi ba M23 bafashe Luhwinja muri Kivu y’Amajyepfo ahantu hakize cyane kuri zahabu. Bivugwa ko abo barwanyi bahafashe batarwanye. Abahatuye babwiye Radio Okapi ko aha ari ahantu ha mbere ba...
Umuvugizi wa Hamas witwa Jihad Taha avuga ko imbaraga za gisirikare uyu mutwe ufite zikwiye gutera abayobozi ba Israel kudasinzira. Ni amagambo ashobora kongerera umujinya ingabo za Israel ziri mu nta...









