Guhera mu ntangiriro za 2024, hari impunzi nyinshi zahunze intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo zihungira mu Burundi mu Ntara ya Cibitoke, aho zashoboraga hose kurambika umu...
Evode Munyurangabo uhagarariye Umuryango w’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Komini Ntongwe wavuze mu izina ry’abashyinguye ababo ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe muri Nto...
Albert Shingiro ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Burundi avuga ko u Rwanda rudakwiye kugira impungenge zo kubushyikiriza abakoze Coup d’état mu mwaka wa 2025 igapfuba kuko ntacyo buzab...
Hari Abarundi bamaze iminsi begera Abanyarwanda bateye imbere mu korora ingurube zifite amaraso avuguruye ngo babahe icyororo ariko bakabangamirwa n’uko umupaka wo ku butaka ubuyobozi bwabo bwawufunze...
Ubwo impunzi z’Abarundi zaraba ziri mu nzira zitaha, biteganyijwe ko ziri buze guca mu Mujyi wa Kigali. Impunzi 78 z’Abarundi zibarizwa mu miryango 34 zabaga mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe z...
Mu mujyi wa Kigali habereye iserukiramuco ryateguwe n’Abanyarwanda n’Abarundi ryiswe ‘Iteka African Cultural Festival’. Ryerekaniwemo imbyino n’ibindi bigize umuco w’aba baturage bombi, bikorwa mu rwe...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda avuga ko u Rwanda rutazirukana Umurundi uwo ari wese ahubwo ko rumuhumuriza rukamubwira ko afite kwishyira akizana, akaryama agasinzira....
Mu mpunzi 133,062 u Rwanda rucumbiye, abagera kuri 49% ni abana. Inyinshi mu mpunzi ziba mu Rwanda ni izavuye muri Repubulkka ya Demukarasi ya Congo (61.3%) hagakurikiraho izavuye mu Burundi zingana ...
Mbonyicyambu Israel uzwi nka Mbonyi yaraye ageze i Bujumbura. Yabwiye itangazamakuru ry’aho ko yari yarifuje cyane kuzaza gutaramira Abarundi ariko bikanga. Ashima Imana ko ubu bigiye gushoboka. Nk’uk...
Guhera ku wa Mbere Taliki 19, Ukuboza, 2022 mu Rwanda hageze itsinda ryaje gushishikariza impunzi z’Abarundi zahungiye mu Rwanda gutahuka. Kuri uyu wa Kabiri basuye inkambi ya Mahama baganira n’impunz...









