Ahitwa Matonge habereye irasana hagati ya bamwe mu bagize Umutwe urinda Abayobozi bakuru b’igihugu n’abapolisi umuntu umwe ahasiga ubuzima. Matonge iherereye ahaitwa Kalamu mu Murwa mukuru, Kinshasa. ...
Hashize iminsi itatu mu Murenge wa Rusarabuye abatwije imihoro n’ubuhiri biraye mu barinda ikirombe cy’ibuye rya Wolfram barabatema. Ubu mu Karere ka Muhanga n’aho haravugwa urugomo nk’urwo rwakozwe ...

