Kuri uyu wa Kane Taliki 20, Ukwakira, 2022 abarimu ba mbere bageze mu Rwanda baturutse muri Zimbabwe baje kwigisha bagenzi babo Icyongereza cyo ku rwego rwo hejuru. Hari hateganyijwe ko haza abarimu 1...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko muri iki gihe u Rwanda ruhanganye n’ibibazo byinshi bifitanye isano n’ubukungu k’uburyo kongerera abakozi ba Leta umushaharo bit...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana avuga ko hari Umushingwa w’Itegeko Minisiteri ayoboye yagejeje ku Nteko ishinga amategeko wo kureba niba abarimu bahembwa macye batasonerwa umus...
Nyuma y’uko hasinywe amasezerano y’ubufatanye mu by’uburezi hagati ya Minisiteri z’uburezi hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, ubuyobozi bwa Zimbabwe bugiye kohereza mu Rwanda abarimu 500 bo kwigisha bagen...
Abarimu bo mu gace ka Kamituga muri teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Epfo bakomeje imyigaragambyo, basaba inzego z’ubuyobozi kubafasha kubona imishahara yabo yibiwe mu rugo rw’abapadiri. N...
Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya yatanze ubutumwa bugenewe abakora mu burezi mu Rwanda bubibutsa ko uburezi bwo hambere ya Jenoside yakorewe Abatutsi bwagizwe umuyoboro w’ingengabitekerezo ...
Mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali abarimu 1851 bakorera mu mashuri atandukanye mu turere tugize Umujyi wa Kigali bari gukingirwa icyorezo COVID-19. Ni ku munsi wa kabiri mu Rwanda bakingira aba...






