Mu ijambo yavuze ubwo harangizwaga gahunda y’imyaka itandatu Kaminuza Nyafurika yigisha imibare na siyansi, AIMS, yari imaze ihugura abarimu n’abanyeshuri mu bya siyansi n’imibare, umuyobozi muri REB...
Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro Prosper Mulindwa yandikiye ibigo by’amashuri byo mu Karere ayobora ko bagomba kubuza abarezi n’abandi bakozi bo mu kigo gufata amafunguro yagene...
Ku bufatanye bwa Kaminuza nyafurika yigisha imibare na siyansi, African Institute of Mathematicak Sciences, AIMS, na Master Card Foundation, abarimu 700 bigisha imibare na siyansi baraye bahawe impamy...
Bamwe mu barimu bakosoye ibizamini byateguwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura amashuri n’imikorere y’ibizamini, NESA, baragishinja kubambura amafaranga bakoreye ubwo bakosoraga ibizamini mu mwa...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi, REB, kivuga ko u Rwanda rufite gahunda ndende yo kugira abarimu bazi neza Icyongereza bikazarugabanyiza kuzana abarimu nk’abo bavuye imahanga. Nk’ubu hari aba...
Umunyeshuri w’imyaka 19 y’amavuko yabwiye abagenzacyaha ibyago yaboneye ku barimu batanu bafatanyije n’umurinzi w’ikigo bakamukubita bakamumena ubugabo. Byabereye mu kigo cy’amashuri kitwa Nyabisia S...
Kaminuza Nyafurika yigisha imibare na siyansi yitwa African Institute of Mathematical Sciences, ishami ry’u Rwanda, yahembwe abarimu 94 bahize abandi mu myigishirize ya science n’ikoranabuhanga...
Hashize igihe gito Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya abwiye Taarifa ko hari abarimu bahitamo kutigisha amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Bamwe muri bo babwiye itangazamakuru ko babite...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko bifuza ko ingengo y’imari yari yatowe n’Abadepite ingana na miliyari Frw 4,658.4 , yongerwa ikab...
Mu Ntara ya Ntungamo haravugwa inkuru y’abarimu batatu bamaze kwiyahura mu minsi 14. Babiri bigishaga mu Mashuri abanza kandi yigenga mu gihe undi ari uwo mu ishuri rya Leta. Polisi ivuga ko uwa mber...









