Phanuel Sindayiheba uyobora Akarere ka Rusizi yahuye n’abalimu mbere yo gutangira amashuri kuri uyu wa Mbere, anenga bamwe muri bo basindira mu ruhame, bakiyandarika kandi bagatuka abayobozi. Yabwiye ...
Minisitiri w’uburezi Nsengimana Joseph avuga ko muri rusange abarimu bitwaye neza mu kazi kabo mu mwaka w’amashuri wahise, gusa anenga abigisha batateguye. Mu kiganiro cyigirwagamo uko uburezi b...
Kuba isuzuma ryakozwe na Minisiteri y’Uburezi ryarasanze abigisha mu mashuri yisumbuye bangana na 45% gusa ari bo bafite ubumenyi ‘buhagije mu Cyongereza’ ni ikindi kintu kibangamiye ireme ry’uburezi...
Abadepite ba Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco, Siporo n’Urubyiruko basanga mu mashuri abanza na za Kaminuza bakoresha Icyongereza cyo ku rwego rwo hasi cyane. Babivuze nyuma yo gusesengura is...
Umuyobozi ushinzwe iterambere n’imicungire y’abarimu muri REB, Mugenzi Léon avuga ko kugira ngo umuntu abashe gukopera ikizamini, yakoreshaga ijambo banga (pass word) akishyura mugenzi we ngo akimukor...
Abakozi ba Kaminuza y’u Rwanda basabye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ko bakongererwa imishahara. Prof David Tuyishime wavuze mu izina rya bagenzi be bakorana muri Kaminuza y’u Rwanda, yabwiye Minisit...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abarimu babiri hamwe n’umunyeshuri bo muri Kaminuza yigisha ubukerarugendo, UTB ishami rya Rubavu bazira kwaka ruswa ngo batange amanota. RIB ivuga ko ...
Bimwe mu byakurikiye impinduka ziherutse gutangazwa mu miterere n’imitegekere ya Kaminuza yu Rwanda ni uko bamwe mu barimu bayo batangiye kwimuka ngo begere aho amashami azatangira gukorera. Bari kuva...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko mu myaka irindwi ishize urwego rw’uburezi bw’u Rwanda rwateye imbere ku kigero kigaragara. Bimwe mu byerekana ko uru rwego rwateye imbere ni umubare w...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwagejeje telefoni ku barimu barenga 1100 bitabiriye umunsi wa mwarimu wizihirijwe mu Intare Arena. Ni umunsi wari witabiriwe n’abarimu baje bahagarariye abandi baturutse ...









