Minisitiri w’intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yaraye asinyanye na mugenzi we wo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu amasezerano yo kongera ubufatanye hagati ya Kigali na Abu Dhabi. Ibiro bya Minisi...
Abayahudi basinye inyandiko yasohowe n’ikinyamakuru The Jewish Chronicle yamagana BBC ndetse isaba Inteko ishinga amategeko ya Israel kwamagana k’umugaragaro iriya radio y’Abongereza kubera ivangura i...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mine na kariyeri , cyatangije ko u Rwanda rwateganyije zahabu ihagije yo kuzagurisha abashyitsi bazitabira CHOGM bazayishak...
Mu ruzinduko ari mo muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Paul Kagame yaraye ahuye n’Umuyobozi w’iki gihugu witwa Mohamed Bin Zayed amufata mu mugongo mu izina ry’Abanyarwanda nyuma y’uko iki gihugu g...
Mu masaha ashyira ay’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Kamena, 2022 nibwo Perezida Kagame yari ageze Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu mu ruzinduko rw’akazi. Sheikh Shakhboot bin Nahya...
Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari usanzwe ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu yapfuye afit imyaka 73 y’amavuko. Yabitswe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu itangazo yasohoye ryabonyw...
Muri Israel impaka ni nyinshi. Polisi y’iki gihugu iravugwaho kudahoza ijisho n’amatwi ku baturage ba kiriya gihugu b’Abarabu bikaba byaratumye hari bamwe muri bo bashinga umutwe w’iterabwoba, bakawus...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere Madamu Clare Akamanzi yabwiye imwe muri Televiziyo yo mu Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko mu mikorere y’Abanyarwanda habamo kwiyemeza kandi baka...
Amakuru ducyesha Ikigo gishinzwe kuhereza hanze ibikomoka ku buhinzi, NAEB, avuga ko hari ibigo bitandatu bicuruza ikawa byagiye Abu Dhabi muri Leta ziyunze z’Abarabu mu imurikagurisha riri kuhabera k...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel Yair Lapid yafunguye Ambasade y’igihugu cye muri Leta ziyunze z’Abarabu, yubatswe Abu Dhabi. Ni indi ntambwe nziza Israel iteye mu gutsura umubano wayo n’ibi...









