Chief Superintendent of Police (CSP) Vincent B. Habintwari uyobora Umutwe w’abapolisi b’u Rwanda (RWAPSU 1-7) bashinzwe kurinda abayobozi bakuru ba Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) yashimiwe kub...
Mu Kigo gitoza umutwe w’abapolisi b’u Rwanda bashinzwe kurwanya iterabwoba kiba i Mayange mu Karere ka Bugesera kitwa Counter Terrorism Training Center( CTTC) habereye umukino wo kumasha wakozwe n’aba...
Minisitiri w’Umutekano mu gihugu Alfred Gasana yabwiye abapolisi barangija amasomo abinjiza muri Polisi y’u Rwanda ko ikinyabupfura no kubaha inshingano zabo ari byo bizatuma baramba mu kazi. Yabasaby...
Israel ifite agahinda n’umujinya yatewe n’uko umuntu ukora iterabwoba yiciye abantu barindwi mu isinagogi ubwo bari bagiye gusenga basabira Abayahudi bazize Jenoside yabakorewe mu gihe cy’Abanazi. Ni ...
Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda (RWAFPU2-7) bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique (MINUSCA) bakorera mu Ntara ya Nana Gribizi muri Komini ya Ka...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, Inspector General of Police, Dany Munyuza yabwiye aba ofisiye bato muri Polisi y’u Rwanda ko bagomba kuva i Gishari barahinduye imyumvire. Ni imyumvire av...
Mu bihe bitandukanye, Polisi y’u Rwanda yafashe abantu icyenda barimo abapolisi babiri bakurikiranyweho ibikorwa by’uburiganya mu gukora ibizamini by’ uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga rw’agateganyo ...
Polisi yataye muri yombi umusirikare wari ugiye kurasa umupolisi wari umusabye gukura imodoka aho yari yayiparitse nabi. Byaraye bibereye ahitwa Kibuye mu Murwa mukuru wa Uganda, Kampala. Umusirikare ...
Ibiro by’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda byatangaje ko kuri uyu wa 15, Kamena, 2022 ari bwo imyitozo yahuzaga ingabo zo mu Karere yiswe Ushirikiano Imara 2022 yarangiye. Ni imyitozo igamije kongerera in...
Muri Leta ya Texas, USA, umusore w’imyaka 18 y’amavuko yiciye mu ishuri abanyeshuri n’abarimu babiri, abahaguye bose ubu bamaze kubarurwa ni abantu 21, barimo abanyeshuri 18 n’abarimu babiri Uwakoze r...









