Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abanyeshuri n’abandi bakozi ba Kaminuza y’u Rwanda ko intego Leta ifite ari iy’’uko iyi Kaminuza ikomeza kubaka ubushobozi kugira ngo ibe intangaruger...
Abayobozi b’ibigo bishamikiye kuri Minisiteri y’uburezi ari bwo REB na NESA batangiriye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga bagenzura niba abarimu bigisha uko bikwiye ndetse niba n’abana bitabir...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye abayobozi bakomeye barimo igikomangoma cya Denmark witwa Princess Ingeborg zu Schleswig-Holstein, Marc Funk akaba umuyobozi mukuru wa Recipharm ndetse n’Umuyobozi...
Leta y’u Rwanda ifatanyije na Carnegie Mellon University na Mastercard Foundation bagiye gushora Miliyoni $275.7 mu mishinga yo kuzamura imyigire y’urubyiruko rw’u Rwanda kugira ngo rugire ubumenyi mu...
Kwiga biravuna n’ubwo amanota atanga inoti. Hari abanyeshuri bavuga ko bize amasomo y’uburezi budaheza, babikora bibwira ko nibabirangiza bazabona akazi kuko basa n’aho ibyo bigaga byari byihariye ari...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’ikoranabuhanga gifite muri serivisi zacyo imikorere y’urubuga IREMBO witwa Israël Bimpe avuga ko hari gahunda bafite yo kuvugurura uru rubuga rukagendana n’uko ikoran...
Abanyamuryango bagize Umuryango w’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barangije Kaminuza witwa GAERG, batoye abazayobora Manda itaha. Jean Pierre Nkuranga niwe wabaye Perezida mushya w’uyu muryango...
Urwego rw’ubugenzacyaha, ishami rishinzwe gukumira ibyaha, rwaganirije abanyeshuri bo muri Saint André basobanurirwa intambwe zibanziriza ihohoterwa ryo ku mubiri n’uburyo bakwirwanaho kugira ngo bata...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko abanyeshuri biga i Kigali ariko bakiga bataha bazaguma iwabo mu Cyumweru CHOGM izaberamo, abanyeshuri basabwe kuzakomeza kwiyigisha bagasubira mu byo bize ...
Ubukangurambaga bw’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha ku kwirinda ibyaha bitandukanye bwakomereje mu kigo nderabarezi cya Ruhango kitwa Collège Inderabarezi. Abahiga basobanuriwe uko ubuhezanguni buta...









