Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama hateraniye abanyamuryango ba GAERG baturutse mu miryango yayo itandukanye baganira aho bageze biyubaka ndetse n’uruhare bagira mu kwimamaka imibanire myiza....
Canal + Rwanda yatangije ubufatanye na Kaminuza ya Kepler mu rwego rwo gufasha abayigamo kumenya gukora ubushakashatsi ku bibazo abakiliya ba Canal + Rwanda bafite n’uburyo basanga byakemuka. Umunyesh...
Hashize igihe gito Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya abwiye Taarifa ko hari abarimu bahitamo kutigisha amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Bamwe muri bo babwiye itangazamakuru ko babite...
Minisitiri w’Umutekano mu gihugu Alfred Gasana yabwiye abapolisi barangija amasomo abinjiza muri Polisi y’u Rwanda ko ikinyabupfura no kubaha inshingano zabo ari byo bizatuma baramba mu kazi. Yabasaby...
Mu Kagari ka Kamuhoza, Umurenge wa Kimisagara haravugwa urupfu rw’umwarimukazi abanyeshuri be basanze yapfuye. Yari afite imyaka 61 y’amavuko, umurambo we ukaba waragaragaye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Gahunda yiswe Fortified Whole Grain (FWG) y’ikigo Vanguard Economics igiye gutangira gutunganya ifu y’ibigori yujuje ubuziranenge kandi ikize ku ntungamubiri izajya ikoreshwa mu kugaburira abanyeshur...
Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP René Irere yabwiye itangazamakuru ko uru rwego rwatangiye igenzura ryimbitse rizasiga ‘nta modoka ishaje’ iri mu zitwara abanyeshuri. ...
Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bakoze uko bashoboye ngo abana bose bige ariko ibibazo by’iwabo biranga bikababuza ayo mahirwe. Umuhanzi w’Umunyarwanda yigeze kuririmba avuga ko ‘ burya...
Minisiteri y’uburezi yatangaje uko abakoze ibizamini bya Leta bose hamwe bangana na 227.472 muri bo abatsinze ababitsinze ni abanyeshuri 206.286 bangana na 90.69%. Ni umubare wiyongereye ho 7.89% ug...
Muri Kaminuza yigenga ya Kigali hatangijwe ikigo kitwa Business Incubation Center kizaha abaryigamo amasomo y’igihe gito abafasha kumenya uko bahanga imirimo. Abanyeshuri ba Kaminuza bashaka kuzaba b...









