Kuri uyu wa Kane taliki 14, Nzeri, 2023, Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri)cyasohoye gahunda y’uko abanyeshuri bazajya ku ishuri. Ni ingengabihe ishingiye hashingiwe kuri ...
Nyuma y’uko Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda itangarije ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2023/24, uzatangira ku wa 25 Nzeri 2023, ku biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye, hari bamwe mu babyeyi babwiye ...
Kubera umutekano muke uri muri Sudani, hari Kaminuza yo muri iki gihugu igiye kuherereza u Rwanda abanyeshuri biga ubuvuzi kugira ngo barukomerezemo amasomo. Abanyeshuri 200 biga iby’amenyo n’abiga u...
Abanyeshuri basaga ibihumbi 202 biga mu mashuri abanza batangiye ibizamini bya Leta birangiza umwaka wa 2022/23. Muri bo abahungu ni 91,067 n’abakobwa 111,900, bose hamwe bakaba abana 202,967. Imibar...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje uko abanyeshuri bacumbikirwa bazataha mu miryango yabo mu biruhuko biri hafi gutangira. Ni ibiruhuko bikuru birangiza u...
Uretse kuba ari iya munani mu zigisha neza muri Kaminuza zo munsi y’Ubutayu bwa Sahara, Kaminuza y’Ubuzima rusange ya Butaro (University of Global Health Equity (UGHE), yashyizwe ku mwanya wa kabiri m...
Minisitiri w’urubyiruko Dr. Utumatwishima Abdallah avuga iyo urubyiruko rubonye akazi, bituma rukora rukinjiza bityo rukitunga, bigatuma rutishora mu byaha kubera ko ruba rufite icyo ruhugiyeho. Yabiv...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na Polisi y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kwibutsa urubyiruko ububi bw’ibiyobyabwenge. N’ubwo ari uko bimeze, hari abibaza niba urubyiruko rw’ubu rwiyumvisha k...
Hari ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Muhanga bivugwamo umwanda mwinshi haba ku masahane abana bariraho ndetse no kubakora mu gikoni. Si mu mashuri yose, ariko aho ubugenzuzi bwabisanze, bwasanze ...
Abanyeshuri bo hirya no hino mu Rwanda babwiwe ko umuhanda ari umuyoboro ibavana aho biga, bajya aho bataha, ukabavana aho baba ubageza ku nshuti bityo ko atari umuharuro bakiniramo cyangwa uruganirir...









