John Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza yabwiye Taarifa ko ubuyobozi bw’ako, ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako, bazahemba abana bo muri Kayonza Modern School baraye babaye aba mbere mu guha...
Mu Cyumweru gishize hari abanyeshuri umunani bigaga kuri Sainte Trinité Nyanza T.S.S birukanywe burundu nyuma yo kwigaragambya bavuga ko ishuri rifite ameza macye yo kuriraho. Bigaragambyaga bamaga...
Abanyeshuri 153 bo mu ishuri Path to Success International School ryo mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro bahawe amahugurwa yo kwirinda no kurwanya inkongi. Ni amahugurwa bahawe ubwo bari ba...
Ni icyemezo Leta y’u Rwanda yafashe kugira ngo amata yari yarabuze ubuguzi muri Nyagatare na Gatsibo abonerwe isoko bityo azahabwe abanyeshuri mu gihe cy’amezi abiri ari imbere. Bizakorwa mu gih...
Abana bo mu mashuri yisumbuye atandukanye bari gutegurwa ngo bazavemo abayobozi bazi gufata ibyemezo neza kugira ngo bazigirire akamaro kandi bazavemo abayobozi beza b’ejo hazaza. Abanyeshuri basaga i...
Ba rwiyemezamirimo bo mu bigo bikiyubaka n’abandi bafite aho bagejeje batangiye amahugurwa y’uburyo barushaho gucuruza bunguka. Ni amahugurwa bari guherwa muri Kaminuza yigenga ya Kigali mu kigo cyayo...
Mu Kigo cy’amashuri cya EAV Rushashi mu Karere ka Gakenke habereye ibyago byatewe n’inkongi yadutse mu nzu abanyeshuri bararamo. Umwe muri bo yahitanywe nayo. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Mukandayi...
Hashize igihe gito umwe mu baganga b’ikigo cy’igihugu cy’ubuzimwa Dr. Edson Rwagasore atangaje ko indwara iri mu Rwanda atari COVID-19 ahubwo ari ibicurane. Icyakora niyo byaba byo, uko bigaragara ni ...
Binyuze mu butwererane busanzwe hagati y’u Rwanda n’Ubushinwa, iki gihugu cyahaye ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Musanze, IPRC-Musanze, ibikoresho bigezweho bifite agaciro ka Miliyoni Frw 857. B...
Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro Prosper Mulindwa yandikiye ibigo by’amashuri byo mu Karere ayobora ko bagomba kubuza abarezi n’abandi bakozi bo mu kigo gufata amafunguro yagene...









