Kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Kamena, 2024, abanyeshuri 26,482 barimo abahungu 14,506 n’abakobwa 11,976 barangije amashuri yisumbuye mu masomo y’Imyuga n’Ubumenyingiro baratangira ibizamini ngiro bis...
Abanyeshuri bo muri Ecole Technique de Kabgayi, ETEKA, bamurikiye abakora mu rwego rw’uburezi n’abo muri Kiliziya gatulika muri Kabgayi icyuma cy’ikoranabuhanga (robot) bavuga ko bakoze ngo kijye kibu...
Abanyeshuri babiri bigaga mu rwunge rw’amashuri rwa Gihinga( Groupe Scolaire Gihinga ya mbere), taliki 17, Gicurasi, 2024 bagiye koga mu Kivu barohama mu kiyaga cya Kivu, umwe avanwamo yapfuye n’aho u...
Muri Kaminuza nkuru ya Leta ya California yitwa University of California, Los Angeles, ibyari bimaze iminsi ari imyigaragambyo isa n’irimo amahoro, byahinduye isura ubwo abanyeshuri bashyigikiye Israe...
Muri Kaminuza zitandukanye zirimo n’izikomeye zo muri Amerika guhera mu ntangiriro z’iki Cyumweru hatangiye imyigaragambyo y’abanyeshuri bamagana intambara Israel iri kurwana muri Gaza. Bamwe baravug...
Banki y’Isi yasohoye icyegeranyo ku bumenyi n’ubushobozi abaturage bafite ngo batange umusaruro ku isoko ry’akazi hagendewe ku mashuri bize. Bikubiye mu cyegeranyo kiswe Human Capital Index kigaragaza...
Ikigo gishinzwe gutegura ibizamini, NESA, cyatangaje uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazasubira ku mashuri yabo. Taliki 15, Mata, 2024 nibwo igihembwe cya gatatu cy’amashuri kizatangira. Ingendo zo ...
Mu Karere ka Nyagatare haravugwa indwara inzego z’ubuzima zitaratangaza iyo ari yo yatumye abanyeshuri 150 bajyanwa mu bitaro bya Nyagatare no mu bigo nderabuzima biri muri aka Karere. Radio/TV 10 ivu...
Dr. Anita Asiimwe ukora mu Kigo MSH, akaba ashinzwe umushinga wiswe Ireme avuga ko hari impinduka mu bitabira kwiga umwuga wo kubyaza n’ubuforomo kuko abenshi mu biyandikisha ngo bige aya masomo biga...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizami n’integanyanyigisho, NESA, cyasohoye ingengabihe y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko bya Pasika byo muri Mata, 2024. Hateganyijwe ko bazataha mu byiciro biz...









