Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yashimiye abanyeshuri barangije muri Kaminuza nyarwanda yigisha ubuhinzi bwa kijyambere, RICA, kuba barize neza, abasaba kuzaba ba agoronome bakunda u Rwanda. ...
Rwiyemezamirimo wize mu mahanga akaba afite ikigo gifasha abantu kujya kwiga hanze avuga ko abajya kwiga yo bagomba kuzirikana ko nta gihugu cyaruta u Rwanda bityo ko badakwiye gutindiganya kurugaruka...
Uwigishaga mu Rwunge rw’amashuri rwa Murira (GS Murira) muri Rusizi akurikiranyweho gusambanya abakobwa bane yigishaga bose akabatera inda. Mwarimu yari yabanje guhagarika akazi ku mpamvu zitazwi. Ifu...
Croix-Rouge ya Kenya yatangaje ko hari inkongi yadutse mu ishuri ry’ahiwa Isiolo Girls High School ikomeretsa abana b’abakobwa batatu. Iyi nkongi yadutse hashize igihe gito hari indi yadutse muri kiri...
Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana Croix Rouge Y’u Rwanda yashimiye abana bamaze iminsi itatu itoza ubutabazi bw’ibanze. Abanyeshuri bize gufasha uwavunitse bakamurinda kubyimbir...
Ibi bikubiye mu bimaze gutangazwa na Minisiteri y’uburezi mu kiganiro n’abanyamakuru kiri kuvugirwamo uko imitsindire ya biriya bizamini yagenze. Abakobwa batsinze ku kigero cya 97% mu gihe basaza bab...
Abanyeshuri batandatu b’Abanyarwanda batahanye imidali itandukanye irimo n’uwa zahabu mu irushanwa mu mibare ryahuje abanyeshuri baturutse hirya no hino muri Afurika. Uretse umudali wa zahabu, abo ban...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima yabwiye abaje mu mu muhango wo guha impamyabumenyi abarangije muri Kaminuza yigisha ubuvuzi n’ubuzima bidaheza ko u Rwanda rukomeje intego yo kongera irem...
Minisitiri w’uburezi Dr. Gaspard Twagirayezu ubwo yatangizaga ibizamini birangiza amashuri abanza, yasabye ababyeyi korohereza abana ngo basubiremo amasomo, ntibabime umwanya babaha indi mirimo. Yasab...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi abantu bane barimo abapadiri babiri bubakurikiranyeho uruhare mu rupfu rw’umunyeshuri witwa Christian Shema wazize inkoni bivugwa ko yakubiswe na bagenzi. ...









