Ku wa Gatandatu tariki 08 na 09, Werurwe, 2025 mu Rwanda hazatangira imikino y’irushanwa rya Volleyball ryitiriwe Kayumba, uyu akaba yarahoze ayobora Ishuri rya Groupe Scolaire Officiel de Butare. Kug...
Hasigaye amasaha make abanyeshuri b’i Goma n’i Bukavu bagakora ibizami by’ibyiciro by’amashuri barangije nk’uko byemejwe na Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru Willy Manzi. Yabwiye Kivu Today duke...
Mu rwunge rw’amashuri rwa Mutongo ruri mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi haravugwa abanyeshuri babiri baherutse gufungwa bakurikiranyweho ibyo abanyamategeko bita ‘ubwinjiracyaha mu cyaha’ cyo ...
Hari ababyeyi babura Frw 975 yo kugurira abana imboga zo kurira ku ishuri muri gahunda ya School Feeding bagahitamo kujyayo bakazihinga nk’ingurane. Bamwe muri bo ni abo mu Karere ka Kayonza na ...
Umuyobozi wa Groupe Scolaire Saint Joseph Rasaniro mu Karere ka Nyaruguru witwa Oswald Kubwimana avuga ko bazibukiriye gushyira hasi imifuka ihunitse ibiribwa bigaburirwa abana. Basanze bituma bizamo ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge, Rwanda Standards Board, kivuga ko abayobora ibigo mu mashuri ayo ari yo yose bagomba kumenya ko mu gikoni atari ahantu hasanzwe. Ni ubutumwa iki kigo cyageneye...
Ahitwa mu Rugando mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo haherutse gufungurwa icyumba cy’ikoranabuhanga mu gukora ibikoresho bikora nk’abantu bita robots kigenewe abana bakiri bato muri rusange....
Joseph Nsengimana uyobora Minisiteri y’uburezi avuga ko Guverinoma y’u Rwanda ishaka ko abanyeshuri bo hirya no hino bagira umuco wo kurushanwa mu guhanga udushya mu ikoranabuhanga ryo mu ngeri zose. ...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ivuga ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Marburg ihagaritse gusura abana ku mashuri biga bacumbikirwa. Kuri uyu wa 02 Ukwakira nibwo MINEDUC yavuze ko ...
Kuri Station ya RIB mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo hafungiye umuzamu n’undi mugabo ushinzwe gutekerera abiga mu ishuri ribanza rya Rumuli, Umurenge wa Muhura bakurikiranyweho kwiba ibilo 26...









