Mu Mujyi wa Ottawa-Gatineau harahurira urubyiruko rw’Abanyarwanda 2000 baganire aho igihugu cyabo kigeze mu iterambere kandi barebere hamwe uko bacyunganira muri uwo mujyo. Ni ihuriro bise 2023 Rwanda...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana yasabye abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi n’Abanyarwanda muri rusange kutazishisha abagiye kurekurwa nyum...
Inararibonye y’u Rwanda Tito Rutaremara avuga ko amakimbirane mu bantu ari ikintu gisanzwe mu buzima bwabo. Ikindi kandi ngo ni menshi akanigaragaza mu buryo bwinshi. Uko bimeze kose, amakimbirane ni ...
Raporo yakozwe n’ikigo Switch On Business ivuga ko iyo urebye uko Abanyarwanda bashakisha akazi mu bigo mpuzamahanga bakoresheje murandasi, usanga abenshi buri kwezi bagasaba mu mashami atandukanye ya...
Iteganyagihe ry’uko ikirere cy’u Rwanda kizaba kimeze rivuga ko igice cya kabiri cy’Ukwakira, 2023 kizagusha imvura nyinshi ugereranyije n’uko byagenze mu gice cya mbere cyako. Ikigo cy’igihugu cy’ubu...
Uru ruhare rugaragarira mu mafaranga boherereza imiryango yabo cyangwa andi bashyira mu mishinga iteza igihugu imbere. Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi iherutse gutangaza ko mu mwaka wa 2022, Abanyar...
Ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuzima bufatanyije n’ubw’ikigo IRCAD bafunguye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro ikigo abahanga mu buvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda bazajya bakoreramo ubushaka...
Indwara zo mu mutwe ziri kwiyongerera mu Banyarwanda k’uburyo umuntu umwe muri batanu afite iki kibazo. Ni ibyemezwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC. Iby’iki kibazo biherutse gushimangirwa ...
Si amatora gusa Abanyarwanda biteze mu mwaka wa 2024 ahubwo hari n’iyuzura cyangwa iyubakwa ry’ibikorwaremezo bitandukanye bifite agaciro k’ama miliyari $ menshi. Ni ibikorwaremezo byinshi birimo inyu...
Kugira amahoro bikubiyemo byinshi. Akenshi amahoro ni umusaruro w’umutekano kuko iyo wariye, ukanywa, ukaryama ugasinzira, warwara ukivuza, ntugirane amakimbirane n’abandi; bituma wumva mu mutima wawe...









