Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa, FAO, witwa Coumba Dieng Sow ashima imikoranire y’iri shami na Guverinoma y’u Rwanda mu rugamba rwo kwihaza mu biribwa. Avuga ko yizeye ko...
Ambasade y’u Rwanda muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yahuje abana b’Abanyarwanda baba muri Amerika ibabwira amateka y’u Rwanda, indangagaciro z’Abanyarwanda n’ibyiza byo kurukunda. Ni abato n’abamaze ...
Nyuma y’uko Uburundi bwanzuye gufunga imipaka yose yo ku butaka busangiye n’u Rwanda, hari amakuru avuga ko hari Abanyarwanda 38 bafungiye muri Komini Mugina n’abandi 12 bafungiye muri Komini Rugombo,...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda avuga ko u Rwanda rutazirukana Umurundi uwo ari wese ahubwo ko rumuhumuriza rukamubwira ko afite kwishyira akizana, akaryama agasinzira....
Bijya gutangira hari taliki 14, Kanama, 2017 mu masaha ya kare mu gitondo ubwo ikigo Akagera Business Group cyatangarizaga kuri Twitter ko cyahaye ikigo Nile Safaris Express imodoka za bisi zo mu bwok...
Mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara hamaze iminsi hubakwa urugo rw’inyambo. Nirwuzura rwitezweho kuzaba igicumbi kigamije guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku muco gakondo w’Abanyarwanda n...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda baba mu Buhinde. Yababwiye ko aho Umunyarwanda ari hose aba agomba kurangwa no kwiyubaha, akaba in...
Abantu bari hagati ya 18,000 na 20, 000 baraye i Kibeho ku Ngoro ya Bikira Mariya i Kibeho kwizihiza isabukuru y’amabonekerwa yizihizwa ku ya 28 Ugushyingo. Mu ijoro nk’iri haba igitambo cya Misa giku...
Ikigo kitwa NALA( ni ijambo ry’Igiswayile rivuga intare y’ingore) cyatangije uburyo bushya bufasha Abanyarwanda kohererezanya no kwakira amafaranga na bagenzi babo baba mu mahanga ni ukuvuga Amerika n...
Abanyarwanda barasabwa kumenya ko ‘akabando k’iminsi ari umurimo’ ariko nanone ko ‘ugaca kare ukakabika kure.’ Ni inama ikubiyemo byinshi birimo no kwizigamira kugira ngo agafaranga kazakugoboke mu m...









