Perezida Paul Kagame yabwiye abanyeshuri biga mu ishuri ry’imari rya Kaminuza ya Harvard ko burya umugabo ari ukubitwa hasi n’ibibazo ariko ntiyemere kuhahera. Yari yakiriye itsinda ryabo mu Biro bye,...
Abasore n’abagabo mu murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza bavuga ko mu rwego rwo kwirinda kwandura SIDA, bakoresha udukingirizo ariko bakavuga ko iyo igitsina gifashe umurego ducika. Basaba ko hazak...
Uhagarariye inyungu z’u Rwanda muri Sudani witwa Abdel Buhungu avuga ko ibintu muri Sudani bikomeye bityo ko Abanyarwanda bahaba bagomba kwirinda gucaracara hanze ahubwo bakaguma mu ngo zabo. Buhungu...
Ubwo yasubizaga ibibazo by’abanyamakuru bo muri Bénin, Perezida Paul Kagame uri yo mu ruzinduko rw’akazi, yababwiye ko icyo Abanyafurika bakeneye kurusha ibindi ari ubufatanye. Avuga ko ubwo bufatany...
Suella Braverman ushinzwe umutekano imbere mu Bwongereza avuga ko abavuga ko mu Rwanda hazateza akaga abimukira bazahazanwa, bibeshya. Avuga ko ahubwo mu Rwanda ari ahantu ho kwizerwa, ko nta muntu uh...
Ubwo yatahaga ibitaro bya Masaka byaguwe, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko uruhare u Bushinwa bugira mu kuzamura urwego rw’ubuzima mu Rwanda ari urw’agaciro. Yabivugiye mu muhango wo...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Clarisse Munezero avuga ko amateka y’Abanyarwanda yiganjemo ababaje kandi yagize ingaruka kuri bose. Ya...
Imibare y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima ivuga ko mu mwaka wa 2021 hari ubushakashatsi bwakozwe bwerekanye ko 92% by’Abanyarwanda bisuzumisha amenyo ariko abababaza. Iryinyo rirakomera kubera ko r...
Nyuma yo gushyikirizwa igihembo cy’Indashyikirwa mu bayobozi b’Afurika bateje imbere umupira w’amaguru, Perezida Kagame yakebuye bagenzi be kugira ngo bakore uko bashoboye bateze imbere impano z’abatu...
Imibare y’agateganyo yatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 27, Gashyantare, 2023 igaragaza ko Abanyarwanda bose ari abantu 13 246 394. Ku rubuga rw’ikigo cy’igihugu cy’i...









