Urwego rw’igihugu rw’ubwizigamire, RSSB, ruri gutekereza uko abaturage bahabwa uburyo bwo kujya biteganyiriza binyuze kuri telefoni cyangwa banki zabo ‘byikoze.’ Abahanga b’iki kigo bavuga ko byaba ub...
Inama itangwa n’ikigo gifite mu nshingano kubungabunga indangarubuga ya .rw ku bakoresha murandasi mu bikorwa bya buri munsi, RICTA, ivuga ko abakoresha indangarubuga nka .com ni izindi zinyuranye ba...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango mpuzamahanga wamagana akarengane na ruswa, ishami ry’u Rwanda, Appolinaire Mupiganyi avuga ko ibiherutse gukorwa mu Ntara y’Amajyaruguru byo kwirukana ...
Mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro habereye igikorwa cy’Umuganura ku rwego rw’igihugu. Abawitabiriye babwiwe ko Umuganura w’Abanyarwanda atari umuhango wo gusangira umutsima gusa ahubwo ko ari...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n’ubw’Akarere ka Nyarugenge baherutse gushyira ibuye ry’ifatizo n’umusingi ahazubakwa irerero rifite agaciro ka Miliyoni Frw 30 rizuzura mu minsi 60. Rizakira abana 240 r...
Ikigo AIDS HealthCare Foundation (AHF) kiri gukangurira urubyiruko kwirinda SIDA binyuze mu kurwegereza udukingirizo. Abibanzweho muri ubu bukangurambaga ni urubyiruko rwo muri Kaminuza no mu bigo by...
Katalin Novák yanditse kuri Twitter ko yishimiye kuba ari we Perezida wa Hungary wa mbere usuye u Rwanda. Ashima uko Abanyarwanda bamwakiriye ariko by’umwihariko uko Perezida wabo yamwikiriye ngo byab...
Kuba abanyapolitiki bo mu ishyaka rya CNL rya Agathon Rwasa batina ba mwana ku miyoborere yaryo, byafunguriye inzira yagutse abo mu ishyaka riri ku butegetsi bari kwitegura amatora y’Umukuru w’igihugu...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko imibare rwakusanyije ku birego rwahawe ku ngengabikerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo byakozwe mu minsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 29, rwasanze 10.7...
Kuba u Rwanda rutuwe n’abaturage bakuriye ahantu no mu mico bitandukanye biri mu mpamvu nkuru zatumye ubushakashatsi bw’ikigo y’ibarurishamibare busanga 54% by’Abanyarwanda bose bafite cyangwa bareng...









