Mu kwakira Abakaridinali n’Abasenyeri bitabiriye Inama ya 20 y’Ihuriro ry’Inama y’Abepisikopi muri Afurika na Madagascar (SECAM), Perezida Kagame yababwiye ko imwe mu nshingano buri muyobozi afi...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko gahunda Guverinoma ayoboye yafashe mu myaka yatambutse zatumye ubuzima bwa benshi mu Banyarwanda buba bwiza byisumbuyeho. Yemera ariko ko hakiri uruge...
Dr. Athanase Nduwumuremyi uyobora Ishami rya RAB rikora ubushakashatsi ku binyabijumba n’ibinyamizi ni ukuvuga ibirayi, imyumbati n’ibijumba amara impungenge abaturage ko ibirayi byongerer...
Mu rwego rwo kwihaza ku ntungamubiri zikomoka ku mata, MINAGRI yiyemeje ko bitarenze umwaka wa 2029 umukamo uzaba ungana na litiro miliyoni 10 ku munsi ni ukuvuga inyongera ya litiro miliyoni zirindwi...
Iyo ubajije abantu ikibashimisha baguha urutonde rurerure ariko gusobanura ibyishimo bikabagora. Ibyishimo bya bamwe sibyo by’abandi. Kuva muntu yabaho, yashatse ibyishimo, abishakira aha, abibuze abi...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Malaria ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima bwatangaje ko mu mwaka wa 2024 abantu 800,000 barwaye iriya ndwara ihitana 80....
Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda baba mu mahanga bohereje mu Rwanda mu mwaka wa 2024 Miliyoni $ 502 mu gihe mu mwaka wa 2023 bohereje Miliyoni $505. Bivuze ko habayeho kugabanuka...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko umuhati u Rwanda rushyira mu kuvura indwara zitandukanye ari nawo rushyira mu kuzamura umubare w’abaganga babaga. Nsanzimana yabivugiye imbere ya Min...
Mu mihanda yo mu Midugudu yo mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo abantu ni uruvunganzoka kandi nta yindi ntero itari kwivuna umwanzi bo bavuga ko uwo ari Umunyarwanda cyangwa uvuga Ik...
Guverinoma ya Qatar yemeje amasezerano yemerera Abanyarwanda bafite impapuro z’inzira zisanzwe kuhatemberera batiriwe bazisabwa. Ibi byemerejwe mu ruzinduko Perezida Kgame yagiriye muri Qatar aho yahu...








