Mu ijoro ryakeye, Donald Trump yabwiye itangazamakuru ko ikiganiro yagiranye na Vladmir Putin cyabaye kiza n’ubwo nta mwanzuro wo guhagarika intambara muri Ukraine wagezweho. Trump yavuze ko icyemeran...
Ikigo cy’Abanyamerika kitwa Symbion Power kirashaka gushora Miliyoni $700 mu kubaka uruganda rutunganya amashanyarazi avanywe muri gazi iri mu kiyaga cya Kivu ku ruhande rwa DRC. Ayo mashanyaraz...
Ikigo Hyatt Hotels Corporations cyujuje i Nairobi hoteli y’inyenyeri eshanu iri mu zihambaye ziri muri Afurika y’Uburasirazuba. Bayise Hyatt Regency Nairobi Westlands ikaba yubatse mu buryo bwerekana...
Kubera indwara ya Marburg iherutse gutangazwa ko yageze mu Rwanda, ikaba imaze no guhitana abantu batandatu, Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda yasabye abakozi bayo gukorera mu rugo. N...
Inteko ishinga amategeko ya Amerika yemeje mu buryo budasubirwaho itegeko rivuga ko urubuga rw’ikoranabuhanga ry’Abashinwa, TikTok, gihagarikwa muri Amerika. Abanyamerika bafite impungenge z’uko Abash...
Kuri uyu wa Mbere taliki 03, Nyakanga 2023 Ubushinwa bwasohoye imodoka ikoresha amashanyarazi bivugwa ko ari yo yihuta kurusha izindi ku isi. Ishobora kwiruka ibilometero 350 mu minota 15. Bayize BYD ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abanyeshuri biga mu ishuri ry’imari rya Kaminuza ya Harvard ko burya umugabo ari ukubitwa hasi n’ibibazo ariko ntiyemere kuhahera. Yari yakiriye itsinda ryabo mu Biro bye,...
Ubuyobozi bwa Kaminuza yitwa Samford University ikorera muri Leta ya Alabama, USA, yasinye amasezerano y’imikoranire n’ishuri rikuru rya Gikirisitu riyoborwa na Rev.Dr. Laurent Mbanda ryitwa East Afr...
Mu kiganiro cya mbere yahaye itangazamakuru kuva yaterwa n’u Burusiya, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko u Burusiya butagamije Ukraine gusa ahubwo ngo n’abaturanyi bayo ‘ruriye abandi r...
Hasigaye imyaka itanu ngo Leta zunze ubumwe z’Amerika zizihize imyaka 250 zimaze zigenga. Hazaba ari tariki 04, Nyakanga, 2026. Ambasaderi wazo mu Rwanda Peter Vrooman yaraye atangaje ko Amerika yifat...









