Abanyamategeko mpuzamahanga bavuga ko hari ibihamya ‘bifatika’ byerekana ko hari amadolari($) ikigo Apple cy’Abanyamerika gishyira mu bacukura amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ...
Hari abanyamategeko b’Abafaransa bavuga ko baje gufasha inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha gukumira no kugeza mu nkiko abantu bigana amashusho( video) yatunganyijwe n’ibindi bigo, bakabikora ku...

