Ubuyobozi bw’Intara ya Haut- Katanga bwatangaje ko hashyizweho igihembo cya $ 5000 ku muntu cyangwa abantu bazatanga amakuru yatuma abishe batemaguye umunyamakuru Patrick Adonis Numbi Banza bame...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko n’ubwo amadini n’insengero byafungurwa ariko akajagari kayagaragayemo mu gihe cyatambutse gakwiye gucika. Mu kiganiro yaraye agiranye n’a...
Polisi itangaza ko mu minsi 30 ishize abantu 500 bo hirya no hino mu Ntara y’Amajyepfo batawe muri yombi bakurikiranyweho ubujura, urugomo n’ibindi byaha. Umuvugizi wayo Assistant Commissioner of Poli...
Perezida Kagame yakomoje ku banyamakuru baherutse kwihuza bandika ibyo bise Forbidden Stories bavuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda ari bubi, ko bari bakwiye gukoresha amafaranga yabo mu bindi. Ku byerekeye...
Perezida w’Urukiko rw’Ubujurire François Régis Rukundakuvuga avuga ko mu bihe biri imbere, ubuhamya bw’abarokotse Jenoside bwazajya bwuzuzwa n’ubw’abayigizemo uruhare cyangwa abandi babibonaga. Ku run...
Iby’iyi karita byavuzwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC), Emmanuel Mugisha mu kiganiro yaraye ahaye abanyamakuru n’abandi bayobozi bo mu Ntara y’Amajyepfo...
Abo banyamakuru ba Radio y’abaturage yitwa Radio Mangina ni umwanditsi mukuru wayo witwa Chukurani Maghetse, Yves Romaric Baraka n’abatekinisiye bayo babiri ari bo Sharo Mbonga na mugenzi we Glades Ki...
Abo banyamakuru bakoreraga radio y’abaturage ikorera i Mangina muri Kivu y’Amajyaruguru muri Kilometero 30 uvuye mu Murwa mukuru w’iyi Ntara witwa Beni. Radio Okapi ivuga ko abo banyamakuru babiri n’a...
Urwego rw’abanyamakuru bigenzura, Rwanda Media Commission, ( RMC), rwatangaje ko ruri kuganira n’abashinzwe iyubahirizwa ry’amategeko ku bibazo by’abanyamakuru baherutse gufungwa. Itangazo uru rwego r...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha( Rtd) Col Jeannot Ruhunga aherutse kuvuga ko burya aho gufungwa mu mibyizi rwagati nko ku wa Kabiri, ku bw’amaburakindi umuntu yafungwa ...









