Umwe mu bafite ubumuga w’impuguke witwa Jacques Mugisha aherutse kubwira itsinda ry’abanyamakuru ko bumwe mu buryo bwiza bwo gukorera inkuru abafite ubumuga, ari ukubaha umwanya bakerekana uko ibintu ...
Mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu hafi y’umupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo hari Koperative y’abafite ubumuga ivuga ko muri iki gihe ubucuruzi bakoreraga i Goma busigaye b...
Nyuma y’urupfu rw’abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe n’igisasu cy’indege za Israel, ubu haravugwa umwuka mubi hagati y’iki gihugu na Qatar. Qatar niyo nyiri Al Jaze...
Mu mwaka wa 2018 Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yatoye umushinga w’itegeko rigena umushaharafatizo. Intego yari iyo gufasha abakozi bahembwa umushahara muto kubona uwabafasha guhangana n’uko ibic...
Minisitiri ushinzwe itumanaho n’ikoranabuhanga muri Guverinoma y’Uburundi witwa Léocadie Ndacayisaba yabwiye abanyamakuru bo muri iki gihugu kwirinda ikintu cyose cyazakurura amacakubiri mu baturage m...
Ubwenge buhangano( Artificial Intelligence) ni igikoresho gikoresha murandasi mu kunganira benshi ariko cyane cyane abanyamakuru. Kubukoresha mu buryo bufite intego nibyo bigirira akamaro itangazamaku...
Minisitiri muri Perezidansi, Uwizeye Judith yaraye avugiye ku cyicaro cy’Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, ahibukiwe abanyamakuru bazize Jenoside ko iyo urebye neza usanga nta somo Jenoside ya...
Mu myaka yatambutse, ni kenshi ibihugu bitandukanye bwasohoye inyandiko zapfobyaga Jenoside yakorewe Abatutsi kandi zigasohoka habura igihe gito ngo kwibuka bitangire. Umuntu yakwibaza niba kuri iyi n...
Depite Mukabalisa Germaine uri muri Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda asanga bikwiye ko mu gihe izindi nzego zitera imbere, ...
Corneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa. Nangaa yabibwiye abanyamakuru barimo n’...









