Abantu umunani bo mu gace ka Buloburde muri Somalia bapfiriye rimwe nyuma yo guturikanwa na bombe bivugwa ko yatezwe n’abarwanyi ba Al Shabaab. Umuyobozi w’Umujyi byabereyemo witwa Sadam Abdi Idow yab...
Ahitwa Kericho muri Kenya haraye habereye impanuka ikomeye y’imodoka ihitana abantu 52. Guverineri wa Kericho witwa Erick Mutai avuga ko iyi mpanuka yatewe n’ikamyo yavaga mu gace ka Nakuru igeze mu ...
Imibare mishya yatangajwe kuri uyu wa Gatandatu taliki 13, Gicurasi, 2023 na Minisitiri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi igaragaraza ko ku bantu 131 bari baratangajwe ko ari bahitanywe n’ibiza, hiyonger...
Toyota Minibus yavaga i Rubengera igana ahitwa Mubuga yakoze impanuka abantu batandatu barapfa, abandi bose basigaye barakomereka. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba Chief...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ibyo gushakisha imibiri itandatu y’abantu baguye mu kirombe kiri mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye bihagarara. Hashize iminsi 16, Guverinoma ishakisha abo bantu ba...
Mu kiganiro Minisiteri y’ubutabazi ifatanyije n’izindi nzego yahaye itangazamakuru, yavuze ko ibiza byagwiriye u Rwanda mu minsi ishize byangije hegitari 2000 zari ziriho imyaka itandukanye kandi yari...
Imibare mishya yatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ibiza byibasiye ibice bitandukanye by\u Rwanda mu ijoro ryo kuwa Kabiri byahitanye abantu 130. Hari abandi batanu baburiwe irengero mu gihe ...
Imibare y’agateganyo yabaguye mu gitero cyagabwe na Islamic State ivuga ko kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, bari bamaze kuba 53. Leta ya Syria yatangaje ‘nta kabuza’ kiriya gitero cyagabwe...
Abafashwe ni batanu barimo abagore bane n’umugabo umwe. Abo ni Sonia Ndikumasabo uyobora Association des Femmes Juristes du Burundi (AFJB), Marie Emerusabe akaba umuhuzabikorwa wayo, Audace Havyarima...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yandikiye ubutumwa ubuyobozi bwa Turikiya na Syria abwihanganisha nyuma y’uko ibi bihugu bipfushije abantu benshi bazize umutungito wabaye kuri uyu wa ...









