Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu batandatu bavugwaho gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kuvuga iby’urukozasoni. Ibyaha bakoze byitwa ‘ icyaha cyo gus...
Muri ruhurura ya Rwampala mu Karere ka Nyarugenge hamaze kuboneka imirambo itatu bikekwa ko ari iy’abantu batwawe n’amazi y’imvura yaguye kuri uyu wa Kane. Polisi yabwiye Taarifa ko ari iya abantu bat...
Me Murangwa Faustin uburanira Kazungu Denis yasabye urukiko kuzaca inkoni izamba rugahanisha umukiliya we igihano gito kubera ko yemera ibyaha aregwa kandi akaba asaba imbabazi. Kazungu Denis aregwa i...
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha Col( Rtd) Jeannot Ruhunga yabwiye abaje mu gikorwa cyo kurangiza ubukangurambaga mu kurwanya icuruzwa ry’abantu ko icuruzwa ry’abantu ari igik...
Abantu barenga 40 bari mu bwato bwavaga mu mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma bagiye mu Murenge wa Karenge wo mu Karere ka Rwamagana barohamye batandatu barapfa. 31 barohowe mu gihe hari aband...
Abakozi b’Ubugenzacyaha babwiye abatuye Umurenge wa Gatore muri Kirehe ko abacuruza abantu babagirira nabi kugeza n’ubwo babakuramo ibice by’umubiri bakabigurisha. Ni ubukangurambaga bw’uru rwego ruko...
Abaturage bo mu misozi miremire yo mu Majyaruguru y’Uburengerezuba bw’Ubushinwa bari mu kaga katewe n’umutingito wahitanye abantu 118 ariko bashobora kuza kwiyongera. Itangazamakuru ryo mu Bushinwa ri...
Abakozi ba RIB babwiye abatuye Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu amayeri abacuruza abantu bakoresha. Ngo babanza kumenya uko runaka abayeho bityo bakabona aho bahera bamushukashuka. Ikindi ng...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwaraye ruburiye abatuye Akarere ka Nyaruguru muri rusange n’abo mu Murenge wa Busanze ko batabaye maso, hari abacuruza ibiyobyabwenge cyangwa abacuruza abantu bashobora kubaca...
Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza kugeza mu minsi runaka iri imbere, Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kubwira abaturage uko icyaha cyo gucuruza abantu gikorwa, uko ba...









