Ku isi hari amoko 3,000 y’inzoka. Wazisanga hafi ku isi hose uretse ku mugabane wa Antarctica, mu bihugu bya Iceland, Ireland, Greenland na New Zealand, ahanini kubera ko hakonja cyane kandi inzoka zi...
Mu Murenge wa Bwishyura aharaye habereye kwibuka ku nshuro ya 31 Abatutsi bazize Jenoside mu mwaka wa 1994 bigaga mu kigo EAFO Nyamishaba na ETO Kibuye hatangarijwe ko mu mezi ane abantu 36 bari barat...
Imibare – nayo y’agateganyo- iravuga ko abantu 1002 ari bo bahitanywe n’umutingito wabaye muri Mynamar. Wibasiye cyane iki gihugu ariko ugera n’ahandi harimo mu Bushinwa, mu Bu...
Perezida Paul Kagame yasabye abatuye Turikiya kwihangana kubera inkongi iherutse kwibasira Hoteli igahitana abantu 76 bamaze kubarurwa kugeza ubu. Ubutumwa bwo kwihanganisha iki gihugu Kagame yabugene...
Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Bushinwa witwa Guo Jiakun avuga ko indwara ifata mu myanya y’ubuhumekero ivugwa mu gihugu cye bamwe bavuga ko ikomeye, mu by’ukuri idakanganye nk’uko h...
Nyuma y’uko Ubushinwa buzindukiye mu gahinda bwatewe n’uko umutingito ufite ubukana bwa 7.1 uhitanye abakabakaba 100, ubuyoyozi bwa Nepal nabwo bwavuze ko abaturage b’iki gihugu bibasiwe nawo, uhitana...
Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko ku munsi Abanyarwanda hafi icyenda bandura SIDA, n’aho barindwi ikibahitana. Abo barindwi bicwa na SIDA baza biyongera ku bantu bapfa ...
Itsinda ry’abatabazi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abasirikare ba SADC biganjemo abo muri Afurika y’Epfo ryasanze ubwato buherutse kucurangurira abagenzi mu kiyaga cya Kivu bwararohamye ...
Muri Nigeria hari guhakishwa imibiri y’abantu 40 barohamye mu mugezi bari mu bwato ku wa gatandatu w’Icyumweru gishize ubwo bajyaga guhinga mu mirima yabo mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu...
Inteko ishinga amategeko ya Madagascar yemeje ko umugabo uzajya uhamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana azajya akonwa. Gukona ni ukubaga udusabo tw’intanga ngabo ku buryo umuntu atazongera kugira ubusha...









