Kuri Pétit Stade habereye umukino wa Basketball wahuje abangavu b’u Rwanda na bagenzi babo ba Tanzania urangira ab’i Kigali batsinze abo muri Dar es Salaam amanota 64 kuri 41. Bari gukina irushanwa ny...
Ubushakashatsi bwateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango buvuga ko 57,1% ari ijanisha ry’abakobwa baterwa inda batarageza imyaka y’ubukure baba bazitewe nabo bita inshuti. 7% ba...
Mu Murenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke umugore wihitiraga yasanze uruhinja ku kayira gaturiye ishyamba baruhataye. Amakuru avuga ko rufite hagati y’ukwezi n’igice n’amezi abiri, rukaba ari umuhung...
Inteko ishinga y’u Rwanda yaraye yanze gutora ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryerekeye kwemerere abangavu bagejeje imyaka 15 kuboneza urubyaro. Banzuye ko hagomba kubaho ibiganiro bihuza inzego zos...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’Umuryango, Prof Jeannette Bayisenge avuga ko igikwiye kurusha ibindi ari ukurinda ko abangavu baterwa inda. Ibi kuri we ni byo by’ingenzi kurusha kwibwira ko ...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’Umuryango yatangaje imibare bamwe bavuga ko iteye agahinda, yerekana ko mu mwaka umwe(2021) abangavu 23 000 batewe inda. Umuyob...




