Bisanzwe bizwi ko abantu bagejeje cyangwa barengeje imyaka 55 bagira ibyago byinshi byo kurwara indwara z’umuti n’imitsi, bigaterwa ahanini n’uko nyine baba bashake, izo ngingo zitagikora neza. Muri i...
Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika. Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Ak...
Murangwa Eric Eugène wahoze ari umunyabigwi mu mupira w’amaguru muri Rayon Sports avuga ko amahirwe yagize akarokoka ari uko yari akunzwe muri iriya kipe, abicanyi ‘bakamwihorera’. Mu buhamya bw’uyu m...
Nyinawumuntu Grace yagiye gukorera akazi k’ubutoza i Ottawa gutoza ikipe y’aho y’abana yitwa Gloucester Hornets, Ottawa ni Umurwa mukuru wa Canada. Nyinawumuntu yamaze imyaka itatu ari Umuyobozi wa T...
Aborozi b’amafi bakorera ikigo kitwa Kivu Choice bavuga ko aho batangiriye korora amafi kijyambere bagize umusaruro watumye amafaranga yinjira mu ngo zabo yiyomgera. Bororera amafi mu Kagari ka ...
Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye ko u Rwanda na DRC biyemeje guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa DRC kandi ko byatangiye gushyirwa mu bikorwa. Qatar ivuga ko iyi ari intambwe ishimishije mu gu...
Abana bambuka bajya cyangwa bava kwiga muri kimwe mu bigo by’amashuri ari mu Midugudu ya Nete na Gasenye mu Kagari ka Remera muri Nyamabuye muri Muhanga, bari mu kaga ko kuzagwa munsi y’iteme kuko rit...
Abaturage ba Canada bageze mu zabukuru bishimira ko Leta yabo ibitaho, ikabaha ibyo bakeneye byose ndetse ku buryo hari n’abatirirwa bibaza aho amafaranga akora ibyo aturuka. Benshi muri bo, niba atar...
Hasigaye amasaha make abanyeshuri b’i Goma n’i Bukavu bagakora ibizami by’ibyiciro by’amashuri barangije nk’uko byemejwe na Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru Willy Manzi. Yabwiye Kivu Today duke...
Imihanda ya Yeruzalemu yiriwe mo abaturage ba Israel baje gushyingura imirambo itatu y’abaturage b’iki gihugu bapfiriye mu bunyago bari barajyanywemo na Hamas. Ni imirambo itatu irimo ibiri y’abana ba...









