Umunyeshuri wiga mu Ishuri rya Siyanse rya Nyamagabe witwa Diane Mutimukeye agira bagenzi be inama yo kudatinya kwiga imibare kuko nawe yayishoboye ndetse imaze kumuha uburyo bwo guserukira u Rwanda ...
Leta y’u Rwanda irateganya ko ingo mbonezamikurire zizongerwa muri buri Kagari, kandi zigahabwa ubushobozi butuma zitanga uburere nk’ubutangirwa mu mashuri y’incuke. Bizakorwa mu rwego rwo kugabanya u...
Minisitiri w’uburezi Dr. Joseph Nsengimana avuga ko Guverinoma ifite gahunda y’uko mu myaka iri imbere umubare w’abana b’incuke bazitabira amashuri abagenewe bazagera kuri 60% bavuye kuri 40% bariho u...
Muri iki gihe, COVID-19 cyangwa se wenda isa nayo iravugwa mu Rwanda ku kigero gito cy’ubwandu ariko gishobora kwaguka. Ubwo yadukaga ikagarika ingogo mu myaka yaza 2020 -2022, imwe mu ngamba zo kuyir...
Emmanuel Macron yatangaje ko agiye gusuzumira hamwe n’abanyamategeko uko abana bafite munsi y’imyaka 15 y’amavuko batakwemererwa gukoresha imbuga nkoranyambaga. Iki gitekerezo gifitwe kandi n’Ubugerek...
Abahanga bahangayikishijwe n’uko abana b’abakobwa bari gutangira kuzana amabere, kwaguka mu matako no kujya mu mihango bakiri bato cyane k’uburyo hari n’abo bibaho bafite imyak...
Leta y’u Rwanda itangaza ko mu rwego rwo gufasha ababyeyi kugabanya ibituma abana babo bagwingira, hagiye gutangira gahunda yo guha abana ifu y’ifi izaminjirwa mu ifunguro. Ni ubundi buryo bw’inyungan...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Irere Claudette aherutse kunenga ko abana 22,000 bo mu Ntara y’Amajyaruguru bataye ishuri mu mwaka wa 2024/2025, akemeza ko bakwiye kurigarurwamo. Mu n...
Guhera kuri uyu wa Kabiri Tariki 13, Gicurasi, kugeza mu byumweru bitanu biri imbere, kuri televiziyo ebyiri zo mu Rwanda hazatambutswa ibiganiro by’abana bahize abandi mu gusobanukirwa imikorer...
Mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda hari impaka zikomeye ku mushinga w’Itegeko rigenga Serivisi z’ubuvuzi riteganya iby’uko umugore runaka yatwitira undi. Ibi bivuze ko umwana uvutse muri ubwo buryo...









