Ubuyobozi bw’Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bugambiriye kugabanya ibitera ibyaha mu baturage bityo abaturage bakabizibukira. Umunyamabanga nshingwabikorwa wawo Fred Rurangirwa yabwiye Taarifa ...
N’ubwo ‘akabura ntikaboneke ari Nyina w’umuntu’, Se w’umuntu nawe ni ntagereranywa mu guha abana be indangagaciro zizabaherekeza ubuzima bwose. Kuri uyu wa 20, Kamena, ubwo Isi izirikana akamaro ka S...
Abana biga mu mashuri abanza mu Ntara zitandukanye za Nigeria bahorana ubwoba bw’uko bari bushimutwe n’abarwanyi nk’uko byagenze kuri bagenzi babo mu bihe bitandukanye. Abiga i Kaduna baraye bashimusw...
Kuri uyu wa Gatatu ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana w’Umunyafurika, hirya no hino mu Rwanda habereye ibikorwa byo kwita ku bana. Bimwe mu byakozwe kuri uyu munsi harimo guha abana ...
Ibi bigaragarira ku musaruro ababyeyi bafite abana barererwa mu irerero rya Jenda mu Karere ka Nyabihu baha ikigo Nyabihu Tea Company kubera ko kibarerera abana bo bagiye kugisarurira icyayi. Igiteker...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’Intara ya Gauteng yo muri Afurika y’Epfo rivuga ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari umugore wo muri iyo Leta wabyaye abana 10 atari byo. Ni mu itangazo yasohowe n̵...
Muri Leta ya Niger, imwe mu zindi zigize Nigeria haraye hashimuswe abana bakiri bato bari mu kigo cy’amshuri aho bari bacumbikiwe. Abarwanyi baje barasa mu bashinzwe kurinda icyo kigo, abantu bakwirw...
Abategetsi b’u Bushinwa basanze bikwiye ko Politiki yo kubyara abana babiri ihinduka kugira ngo ikibazo cy’abasheshe benshi kiriya gihugu gifite cyabonerwa umuti urambye. Ubu imiryango y’Abashinwa yem...
Imibare y’Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, igaragaza ko mu bana basaga ibihumbi 312 bandikishijwe mu mwaka wa 2020, izina ry’Ikinyarwanda ryiganje kurusha ayandi ari Ishimwe, ryiswe abana 12...
Ibitaro bya Ruhengeri byatangaje ko izamuka ry’impfu z’abana bavuka batagejeje igihe ryagaragaye cyane muri Gicurasi 2020, ryatewe na mikorobe zidasanzwe zibasiye aho bafashirizwa. Mu byum...









