Abana bafite ubumuga ku isi babarirwa muri Miliyoni 100. Ni imibare yatangajwe tariki 03, Ukuboza, 2021 ubwo Isi yazirikanaga abantu bafite ubumuga n’uruhare bafite mu iterambere ry’isi. Ku ruhande rw...
Ni ibyemezwa n’Umuyobozi mu Ihuriro ry’Imiryango ya Sosiyete Sivile iharanira uburenganzira bwa muntu( CLADHO) witwa Evariste Murwanashyaka. Yemeza ko uretse no kuba urubyiruko rwarahagaritse amasomo...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana rivuga ko n’ubwo abafite ubumuga muri rusange bagira ibibazo byihariye, abana bo bafite ibibazo byihariye. Rivuga ko abana bafite ubumuga ku isi ari Miliy...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya siporo Didier Maboko yavuze ko u Rwanda rwizeye ko abana batozwa na Paris Saint-Germain bazavamo abakinnyi beza u Rwanda rwitezeho kuzatuma umupira w’amaguru u...
Muri iki gihe kwiga ni ingenzi kurusha guhinga kuko no guhinga bya kijyambere bisigaye bishingiye ku bumenyi bugezweho. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburezi ku isi ryemeza ko iyo umwana y...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Assoumpta Ingabire yavuze ko abakira abagana ibigo byita ku bahohotewe bitwa Isange One Stop Centers bagomba gukomeza gut...
Hari amakuru avuga ko muri Minisiteri y’ubutabera hari gutegurwa umushinga w’itegeko uzagezwa mu Nteko ishinga amategeko ugamije gusaba ko gusambanya abana bigirwa icyaha kidasaza. Ibyaha bidasaza ni ...
Ubwonko bw’umwana ni nk’ipamba ushyira mu muti ikawunywa. Mu buryo bw’ikigereranyo, ubwonko twagereranyije n’ipamba kuko iyo ubwegereje ibitabo bukogota inyuguti n’ubumenyi zihishemo bukazigumana kuge...
Ubwo bari baragiye bakaza kubura zimwe mu nyana, abana batatu bagiye kuzishaka bahura n’intare z’ingore zirabica. Byabereye muri Tanzania muri pariki ya Ngorongoro nk’uko byatangajwe...
Abana ‘benshi’ bo muri Pologne bafite imyaka itarenze 12 y’amavuko baherutse kubwira Polisi y’aho ko basenye imva zishyinguyemo imibiri y’Abayahudi bazize Jenoside yabakorewe ikozwe n’Abayahudi kubera...








