Mu Rwanda hatangiye amatora ya Komite zizitorwamo Komite izayobora abana ku rwego rw’igihugu. Komite z’ubuyobozi bw’abana zitorwa guhera ku rwego rw’Umudugudu, abatowe bakajya ku rw’Akagari, abatowe k...
Umukuru w’Umudugudu wa Kigoma, Akagari ka Kigoma, Umurenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma witwa Faith Mukantazinda avuga ko mu Mudugudu we hari abana bahura n’ihohoterwa ryo kwimwa n’ababyeyi babo ibyo ...
Amakuru atangwa n’abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko FLDR ifatanyije na Mai Mai Nyatura bari kwigisha ibya gisirikare abantu 400 barimo n’a...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe igororamuco, National Rehabilitation Servises, Bwana Fred Mufuluke aherutse kuvugira mu ruhame ko aho ibintu bigeze, ari ngombwa ko Leta ihana ababyeyi babaye ba...
Iyo ukurikiranye amakuru y’ibibera ku isi, ubona ko ubumuntu mu bantu bugeze habi. Uretse abafitanye isano bicana, hari n’ibikorwa by’ubugome bikorwa n’abantu bafitanye isano ya kure cyangwa badafitan...
Mu Mujyi wa Kigali hari itsinda ry’urubyiruko rwishyize hamwe rushyiraho Umuryango bise Faith Family ugamije guhuriza hamwe amafaranga bagafasha abana batagira kivurira kubona imibereho n’imyigire. In...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS/WHO, ryatangaje ko mu mwaka wa 2021 abana bangana na miliyoni 25 hirya no hino ku isi batigeze bakingirwa izindi ndwara kubera ko isi yose yari iha...
Yacinthe Mutuyimana ni umwe mu Banyarwanda[kazi] bagera kuri 41 bajyanywe mu Butaliyani mu mwaka wa 1994 ubu bakaba bagiye kuhamara imyaka 30. Taliki 22, Nyakanga, 2022 azaba yujuje imyaka 30 avutse, ...
Umuhanzi Rugamba Cyrien yigeze kuririmba asaba ko Ikiremwamuntu cyubahwa kikarindwa akarengane. Icyakora hari bamwe bavugwaho gufata abantu bamwe nk’amatungo bacuruza mu isoko. Inkuru icumbuye ya BBC ...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu Martine Urujeni yakoranyije Inama yitabiriwe n’abakora mu nzego z’uburezi n’abandi bashinzwe imibereho myiza y’abatur...









