Amakuru Taarifa ifite avuga ko imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka ahitwa ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro. Nta mubare turamenya w’abo yahitanye cyangwa abakomeretse ariko birashoboka ku umu...
Michael Haight yishe abana be batanu, umugore we na nyirabukwe abarashe na we arirasa. Byabereye muri Amerika ahitwa Utah mu Mujyi witwa Enoch City. Abaturanyi b’uyu muryango nibo batabaje Polisi ije ...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana, ishami ry’u Rwanda, ryatangaje ko ryatangiye gukoresha imodoka zikoresha amashanyarazi mu rwego rwo gufasha mu kugabanya ibyuka bihumanya ikirere. Ku ruk...
Kuri uyu wa Gatatu Taliki 04, Mutarama, 2023 nibwo abakozi ba Leta batangiye gukorera ku ngengabihe nshya igena ko akazi gatangira saa tatu kakarangira saa kumi n’imwe. Abaturage bamwe bavuga ko aya m...
Imiryango imwe n’imwe itsimbaraye ku myemerere ya kidini yo mu Murenge wa Kabarondo, Akagari ka Rusera mu Karere ka Kayonza, ivugwaho gukura abana mu ishuri ngo ntibihuje n’imwemerere yabo. Bavu...
Nk’uko bimeze henshi mu Rwanda, abakora mu rwego rw’ubuzima mu Karere ka Gicumbi bafatanyije n’abashinzwe imibereho myiza y’abaturage bakora uko bashoboye ngo barinde abana kugwingira. Imwe mu ngamba ...
Kuri uyu wa Kane Taliki 15, Ukuboza, 2022 abana bo mu Murenge wa Ngororero baturikanywe na grenade umwe arapfa undi arakomereka cyane. Uwapfuye yitwa Tito Mugisha n’aho uwakomeretse yitwa Thomas Niyon...
Mu Rwanda hateraniye inama yahuje abakora ubuhinzi bw’umwuga busagurira isoko ndetse n’abafatanya bikorwa babo kugira ngo barebere hamwe ibyakorwa ngo mu gihe gito kiri imbere imirire mibi izacike mu ...
Abagizi ba nabi binjiye mu bitaro byitwa Stanley Hospital mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria bashimuta abana batanu b’impinja. Guverinoma ya Nigeria ivuga ko ihangayikishijwe n’ubu bushimu...
Urukiko rwanzuye ko umuraperi Kanye West azajya aha uwahoze ari umugore we bafitanye abana bane indezo ya $200,000 buri kwezi. Ni Miliyoni Frw 200 buri kwezi! Kim Kardashian yatanze ikirego cy’ubusab...









