Gicumbi Handball Club ivuga ko igikomeje intego yo kwegukana igikombe cya Shampiyona kizatangirwa gukinirwa mu mpera za Gashyantare, 2023. Perezida w’iyi kipe Felicien Nizeyimana uherutse gutorwa, av...
Ubuyobozi bw’Urwunge rw’amashuri rwa Mubuga II Mu Murenge wa Muzo mu Karere ka Gakenke, buvuga ko kuva cyashingwa mu mwaka wa 1948, cyafashije benshi kugira ubumenyi bwatumye bateza n’igihugu cyabo im...
Inzego z’umutekano za Zambia zongeye guta muri yombi imiryango ine y’abanya Croatia bari baherutse kugirwa abere n’urukiko ku byaha byo gucuruza abana bari bakurikiranyweho. Bafashwe mu rwego rwo kuba...
Nigeria nicyo gihugu gikize kurusha ibindi muri Afurika kandi ubu bukire bigaragara ko buzamara igihe nk’uko Ikigega mpuzamahanga cy’imari giherutse kubitangaza. Ni cyo gihugu kandi gituwe n’abantu be...
Iyi mibare itangwa n’inzego zirebwa n’imibereho y’impunzi ari zo UNHCR na MINEMA ku rwego rw’u Rwanda. Kugeza ubu ku munsi mu Rwanda hinjira impunzi zigera ku bantu 50 cyangwa bakarenga. Barahunga umu...
Inzego z’umutekano za Burkina Faso zabohoje abagore 27 n’abana babo 39 bari barashimuswe n’ibyihebe bikekwa ko ari ibyo muri Islamic State, ishami ry’Afurika y’i Burengerazuba. Mu mpera z’Icyumweru gi...
Hejuru y’umugezi wa Mwogo hubatswe ikiraro gica hejuru yawo kigahuza Akarere ka Nyanza n’Akarere ka Nyamagabe. Gifite uburebure bwa metero 150 kikaba gifite agaciro ka Miliyoni Frw 204. Kizafasha abat...
Uwo ni Cardinal George Pell. Yapfuye afite imyaka 81 y’amavuko. Kimwe mu byo azibukirwaho ni uko yigeze guhamwa n’icyaha cyo gusambanya abana ariko aza kuguhanagurwaho. Yari umwe mu ba cardinals bakom...
Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bakoze uko bashoboye ngo abana bose bige ariko ibibazo by’iwabo biranga bikababuza ayo mahirwe. Umuhanzi w’Umunyarwanda yigeze kuririmba avuga ko ‘ burya...
Ku myaka 28 y’amavuko, umugabo witwa Nelson Momanyi Ontita wo muri Kenya akurikiranyweho kwica abana be babiri imirambo akayijugunya mu ngarani. Umwe muri abo bana yari afite imyaka ibiri y’amavuko un...









