Abana biga mu kigo kitwa Green Hills Academy basuye ikibuga cy’indege cya Kigali berekwa ibice bikigize. Binjijwe no mu ndege kugira ngo barebe uko imbere hasa. Byakozwe mu rwego rwo kubatinyura ngo b...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Clarisse Munezero avuga ko amateka y’Abanyarwanda yiganjemo ababaje kandi yagize ingaruka kuri bose. Ya...
Mu rwego rwo kungurana ibikerezo ku cyakorwa ngo imirire mibi iganisha ku igwingira mu bana b’’Abanyarwanda icike, mu Karere ka Musanze hateraniye inama ihuza abafite aho bahurira n’abana ngo bige uko...
Abana bafite imyaka 12 y’amavuko barimo n’uwitwa Vanessa Mukandoli babwiye Taarifa ko bategetswe kujya bajyana amazi ku ishuri kugira ngo abo mu gikoni baze kubona ayo batekesha ibyo bari[abana] burye...
Ababyeyi bo mu Karere ka Rusizi borojwe inkoko bahabwa n’ibiribwa byazo kugira ngo zizaterere amagi ku gihe babone ayo bagaburira abana. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire y’abana kivuga ko iyo umwa...
Abayobozi muri Mexique batahuye ikamyo yari itwaye abana 103 badafite umuntu mukuru ubaherekeje, biba ubwa mbere havumbuwe abana benshi b’abimukira bari bajyanywe mu bindi bihugu. Ikigo gishinzwe abim...
Umushyikirano w’umwaka wa 2023 ubaye hari hashize imyaka ibiri utaba kubera ibibazo COVID-19 yateje. Waranzwe n’ibintu byinshi ariko bishingiye ku bibazo n’ibitekerezo byatanzwe n’abawitabiriye ku mun...
Inzego z’ubuzima, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima banyomojwe n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) ubwo bavugaga ko nta ...
Vladmir Yann Bajeneza na bagenzi be bahurije mu cyo bise Tek Afrika Ltd bateguye ikoranabuhanga rikoresha uburyo bise School Box avuga ko bakoze uriya mushinga nyuma yo kubona ko hari ababyeyi bahora ...
Mu rwego rwo gufasha abana bo mu Mujyi wa Mocimboa da Praia n’uwa Palma gusubira ku ishuri, inzego z’umutekano z’u Rwanda zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, zatanze ibikoresho by’amashuri bigenewe abi...









