Abaturage bo mu Kagari ka Rega mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu bavuga ko bugarijwe n’ikidendezi kidasiba kwaguka kandi kibasenyera inzu, kikarengera n’imyaka bari bitezeho umusaruro. Urwego ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umugabo wo mu Karere ka Kayonza ukekwaho kwica umugore we n’abana batatu yafashwe ariko ngo yararuciye ararumira ntiyavuga icyamuteye gukora ayo ...
Madamu Jeannette Kagame yabwiye abanyeshuri 87 barangije amasomo yabo muri Green Hills Academy ko batakiri abana bato bo kugira amahitamo adakwiye. Yabibukije ko bamaze gukura bihagije, ko bakwiye gu...
Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko puderi(powder) yitwa Johnson’s baby powder. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’uko uruganda rukora iyi puderi rwi...
Ubusumbane ubwo ari bwo bwose bushegesha umuntu cyangwa abantu batsikamiwe. Ni ikibazo kigaragara no mu myigire y’abana bo muri Afurika cyane cyane iyo munsi y’Ubutayu bwa Sahara batabona ikoranabuhan...
Abantu bari bavuye gutaha ubukwe barohomye, abagera ku 103 barapfa. Byabereye muri Leta ya Kwara ituranye ni iya Niger muri Nigeria. Barohamye mu mugezi wa Niger uca hagati y’izi Leta nk’uko Polisi ya...
Hari video iri kuri Twitter abana biga muri rimwe mu mashuri abanza yo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo basubiramo amagambo irimo urwango ku Rwanda. Iryo tsinda ry’abanyeshuri ubona bari mu kige...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI, ivuga ko umukamo w’amata y’inka wazamutse ku rwego rugaragara. Wavuye kuri toni 142.511 mu mwaka wa 2005 ugera kuri Toni 999.976 mu mwaka wa 2022, bikaba byi...
Hari ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Muhanga bivugwamo umwanda mwinshi haba ku masahane abana bariraho ndetse no kubakora mu gikoni. Si mu mashuri yose, ariko aho ubugenzuzi bwabisanze, bwasanze ...
Muhammadu Buhari wari umaze imyaka umunani ayobora Nigeria, arahererekanya ubutegetsi na Asiwaju Ahmed Bola Tinubu uherutse gutangazwa ko ari we watsindiye kuyobora iki gihugu. Nigeria nicyo gihugu cy...









