Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n’ubw’Akarere ka Nyarugenge baherutse gushyira ibuye ry’ifatizo n’umusingi ahazubakwa irerero rifite agaciro ka Miliyoni Frw 30 rizuzura mu minsi 60. Rizakira abana 240 r...
Mu Bushinwa hari inkuru mbi y’igisenge cyagwiriye abana bari bari mu kibuga bitoza imikino itandukanye. Abana 11 bahise bahagwa kandi biganjemo abakobwa. Bakinaga umukino witwa Netball. Byabereye mu k...
Minisiteri y’ubuzima yatangiye gahunda y’iminsi ine yo gukingira imbasa abana bose bafite munsi y’imyaka irindwi y’amavuko. Umuyobozi mu Rugaga rw’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu CLADHO, E...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangira gukingira abana bafite munsi y’imyaka irindwi(7) y’amavuko. Ni gahunda izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 24 ikazageza taliki 28, Nyakanga, 2023. Leta y’u Rwanda...
Komisiyo yashyizweho n’Ibiro by’Umukuru wa Gambia yatangaje ko yakusanyije ibihamya byerekana ko abana 70 baherutse gupfa mu buryo bumwe kandi butunguranye, bazize imiti batewe mu nshinge kandi itujuj...
Imwe mu mpanuka zikomeye zabaye mu mezi atandatu ashize ni iy’ubwato buherutse kurohamira muri Nyabarongo buva muri Muhanga bujya muri Ngororero. Mu bantu 14 harokotse batatu. Abandi barohamye bagapfa...
Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri kitwa Kiriza Light School kiri mu Kagari ka Nyabikenke mu Murenge wa Bumbogo yasabye ababyeyi kuzaba maso, bakarinda ko abana babo bazareba amashusho y’urukozasoni cyangw...
Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude bigaga mu Mashuri abanza yo ku Murenge wa Kinihira barohamye mu Mugezi wa Nyabarongo barapfa. bahasiga ubuzima. Eric yari afite imyaka 11 y’amavuko n’aho Niyomu...
Abashinwa batuye muri imwe mu mijyi minini bugarijwe n’ubushyuhe bwinshi ndetse buza kurenga 40°C. Imijyi yibasiwe n’ubu bushyuhe ni Umurwa mukuru Beijing,Hebei na Henan. Ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje uko abanyeshuri bacumbikirwa bazataha mu miryango yabo mu biruhuko biri hafi gutangira. Ni ibiruhuko bikuru birangiza u...









