Perezida Paul Kagame yahorereje abaturage ba Palestine bahunze Gaza inkunga igizwe n’ibiribwa, imiti n’amazi. Ni inkunga yo kubagoboka mu bibazo barimo nyuma yo guhunga ibitero by’indege za Israel zi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, ku bufatanye na Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’Umuryango na Airtel Rwanda batangije urubuga bise Itetero.rw ruha ababyeyi cyangwa abar...
Nyuma yo kugera ku kibuga cy’indege ya Tel Aviv muri Israel akakirwa na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu, Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko abantu barashe mu bitaro ibisasu bikica abana bar...
Buri taliki 16, Ukwakira, isi yizihiza umunsi yahariye ibiribwa mu bantu. Ni umunsi hazirikanwa akamaro ko kwihaza mu biribwa kuri buri wese n’aho atuye hose ariko hakibandwa ku bana kuko ari bo mizer...
Vladmir Putin avuga ko iyo abagabo basanze kumvana imbaraga ari cyo cyakemura ibibazo bafitanye, abantu bajye babareka barwane. Icyakora ngo intambara y’abagabo hagati yabo bafite ibyo bapfa ntikajye ...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya yaraye yifatanyije n’ubuyobozi bukuru bwa Banki ya Kigali mu gufungura ku mugaragaro icyumba ababyeyi bakora muri iyi Banki ...
Mu buryo bw’ubujyanama, Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rusaba ababyeyi kudashyira cyangwa ngo bagumishe amashusho y’urukozasoni muri telefoni zabo kuko iyo abana bazibonye bishobora kuzatuma bakor...
Kuri iki Cyumweru taliki 01, Ukwakira, 2023 mu Mujyi wa Kigali haratangizwa uburyo bwihariye bwo kwigisha abana gutwarira igare muri kaburimbo itarimo ibinyabiziga. Ni Car Free Day yagenewe abana. Mur...
Ubuyobozi bw’irushanwa ry’Igikombe cy’Isi gihuza amarerero y’abana batozwa na FC Bayern Munich bwatangaje abana 10 b’Abanyarwanda bazatozwa n’abatoza n’iyi kipe. Abo bana bagomba kuzahagararira Ikipe ...
Mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Rango B, mu Murenge wa Tumba muri Huye habereye ibyago byagizwe n’ababyeyi basize abana batatu babafungiranye mu nzu inkongi yicamo babiri, undi arembeye kwa mugang...









