Umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Rwanda DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yabwiye abapolisi 100 bahagarariye abandi mu nama yiga uko ihohoterwa ryacika, ko kugira ngo ricike koko bisaba ko abantu bamenya i...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije na UNICEF n’abandi bafatanyabikorwa mu mibereho myiza y’abana, igiye gutangiza ‘mutuelle’ yo kwishyurira abana bafite ubumuga bwo kutumva neza utwuma tubibafashamo. Dr...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima, Dr.Yvan Butera yaraye abwiye Taarifa ko u Rwanda ruri guhangana n’ikibazo cy’abana bavuka badashyitse. Dr Yvan Butera yabivuze nyuma yo kwitabira umuha...
Nyuma y’uko agahenge k’iminsi ine kari kemejwe hagati ya Israel na Hamas karangiye kuri uyu wa Mbere, impande zombi zemeranyije ko hongerwaho indi minsi ibiri kugira ngo guhererekanya imfungwa n’abatw...
Mu Karere ka Bugesera haravugwa abana b’abakobwa bafite hagati y’imyaka 12 na 16 bakora uburaya. Umuyobozi w’aka Karere Richard Mutabazi yabwiye itangazamakuru ko atari azi iki kibazo, ko kigiye guhag...
Aho ni mu bitaro binini bya Al-Shifa. Ni ibitaro birimo abarwayi b’indembe barwaye indwara zitandukanye barimo abana, ababyeyi n’abageze mu zabukuru. Aho akazi k’ingabo za Israel kagiye kugoranira ni ...
Ikigo cy’igihugu kita ku mikurire y’abana, NCDA, cyashyikirijwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF imashini 80 zo gushyushya abana bavutse igihe nyacyo kitageze. Zose zifite agacir...
Léonald Bakinahe wo mu Mudugudu wa Gashari, Akagari ka Birambo, Umurenge wa Gashari mu Karere ka Karongi bamusanze yimanitse mu mugozi. Umuturanyi wabo yabwiye Taarifa ko uwo mugabo yari amaze iminsi...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari kumwe na Komiseri mu Muryango w’Uburayi ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga Jutta Urpilainen basinye amasezerano y’ubufatanye bw’impande zombi mu guteza imber...
Mu rwego rwo gufasha abana gusubira mu mashuri, ingabo na Polisi by’u Rwanda boherejwe muri Mozambique kuhagarura amahoro bahaye abana b’aho amakayi n’amakaramu. Abana bahawe ibi bikoresho ni abo mu M...









