Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko mu myaka irindwi ishize urwego rw’uburezi bw’u Rwanda rwateye imbere ku kigero kigaragara. Bimwe mu byerekana ko uru rwego rwateye imbere ni umubare w...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda n’ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kugorora abana bataye umuco, baraye baganiriye n’ababyeyi bafite abana baba mu muhanda bababwira ko burya nab...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na UNICEF batangiye guha ababyeyi batwite inyunganiramirire ikomatanyije. Hazabaho na gahunda y’uko abo babyeyi bazajya bamenyekanisha imirongo ngenderwaho ku mir...
Ambasade y’u Rwanda muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yahuje abana b’Abanyarwanda baba muri Amerika ibabwira amateka y’u Rwanda, indangagaciro z’Abanyarwanda n’ibyiza byo kurukunda. Ni abato n’abamaze ...
Inama y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, yaraye itoye Umunyarwanda Ernest Rwamucyo ngo abe Perezida w’Inama y’Ubutegetsi y’uyu muryango. Ni inshingano asimbuyeho umunya Denmark ...
Mu Mujyi wa Kigali hari inzu ikorera abana bonyine isuku ku mutwe yitwa Nik Saloon. Yari isanzwe ikorera i Nyarutarama ariko abayiyobora bavuga ko muri Gashyantare, 2024 bazagurira imirimo mu Kagari k...
Mu Ntara ya Kagera muri Tanzania haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abana barindwi bagaburiwe uburozi burabahitana bikozwe n’abo mu muryango umwe bavugaga ko abo bana babibye inkoko bari kuzarya ku buna...
Sarah Asiimwe uhagarariye abandi bana mu Rwanda yavugiye mu kigo cya Nkumba mu Karere ka Burera ko abana bifuza ko ababyeyi bababa hafi, abayobozi bakabashyiriraho gahunda ziteza imbere uburenganzira ...
Kuri uyu wa Kane taliki 28, Ukuboza, 2023 mu Murenge wa Nkumba mu Karere ka Burera harabera Ihuriro ry’abana habagarariye abandi ku rwego rw’igihugu bitoremo ababayobora. Bitabiriye Inama y’igihugu y’...
Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yaraye ahaye itsinda ry’abana bo muri Pueri Cantores(abana b’abaririmbyi) bagiye guhagararira abandi bo mu Rwanda, mu ihuriro ry’aba...









