Amakuru Taarifa ifite muri iki gitondo aremeza ko hari abana bane mu bandi bari baraburiye mu Murenge wa Kiziguro, Kiramuruzi na Rugarama mu Karere ka Gatsibo babonetse mu Karere ka Kayonza mu Murenge...
Mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Gatsibo hari amakuru yakuye abaturage umutima y’abana babo bafite imyaka itatu. Bivugwa ko batwarwa n’undi mwana w’imyaka nka 13 ariko akaba ataramenyekana ngo avug...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko umuti wahabwaga abana witwa Benylin Pediatrics Syrup ufite umubare uwuranga wa 329304. Ni umuti u...
Abagabo n’abagore bo mu Karere ka Musanze mu mwaka wa 2018 bishyize hamwe ngo bateze imbere icyaro. Mu kubikora, bakoze umuryango utari uwa Leta bise Terimbere Intergrated Partnership kugira ngo babon...
Nyuma yo gutozwa n’abakobwa babiri bo muri Paris Saint Germain, Ikipe y’abakobwa, abana bo mu Karere ka Bugesera bavuga ko bifitiye icyizere cyo kuzavamo abakinnyi bakomeye. Gatanazi Jean Guilean ni u...
Imvugo y’uko umwana ari nk’igiti kigororwa kikiri gito ifite uburemere haba mu kumutoza imico myiza haba no mu kumurinda indyo mbi imugwingiza kuko iyo agwingiye mu myaka ibiri ya mbere, kubimuvura bi...
Paulina Dudek na Oriane Jean-François bari mu Rwanda muri gahunda yo guhugura abana batorezwa muri PSG Academy Rwanda ku by’umupira ariko no gusura ibyiza by’u Rwanda. Bazasura ahantu hatandukanye mu ...
Ababyeyi bafite abana bagira ikibazo cya Autisme barasaba Guverinoma y’u Rwanda gutekereza uko nabo bashyirirwaho uburyo bwo kubunganira mu kuvuzwa no kwitabwaho mu bundi buryo bwihariye. Ni uburyo bw...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe y’ubuzima RBC gishimira urwego ababyeyi bitabiraho gukingiza abana ariko kikabasaba kubyongeramo umurego. Imibare yerekana ko gukingira abana bikorwa neza hirya ...
Mu Murenge wa Nyange hari amakuru avuga ko umugore wari warabuze, abaturage bakamutabariza yabonetse yarapfuye. Umurambo we bawusanze mu masangano y’umugezi wa Nyabarongo n’umugezi wa Secoko. Bamwe mu...









