Ibiro by’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda byatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere taliki 17, Ukwakira, 2022, uru rwego ruri butangire kumurika Moto zafatiwe mu makosa atandukanye kugira ngo abifuza kuzig...
Umukuru w’Igihugu nyuma yo gusura no kuganira n’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, yahise ajya muri Huye. Yaganiriye n’abavuga rikijyana muri Huye baganira ku bikiri imbogamizi ku iterambere ry’abaga...
Mu gihe no gukoresha mubazi ari ikibazo ku bamotari benshi kubera ko ngo zibahombya, ubu bategetswe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ko guhera Taliki 22, Kanam...
Ikigo cy’ubucuruzi gitanga serivisi z’itumanaho n’izo kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, Airtel Money, kigiye gutangiza uburyo abagenzi bazajya bishyura Moto bakoresheje Airtel Money. Umwe mu ba...
Abamotari bakorera akazi mu Mujyi wa Kigali baragirwa inama yo kwirinda imikorere ishobora kubateza akaga karimo impanuka, gucibwa amande, gufungirwa ikinyabiziga cyangwa kujyanwa mu nkiko. Polisi y’u...
Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa. DIGP/Ops Felix Namuhoranye aherutse kuburira abamotari ko utazakurikiza ibyo bemeranyijeho n’inzego mu minsi ishize azabihanirwa. DIGP Namuhoranye yabi...
Imwe mu ngingo zaganiriwe ho kandi zigafatirwaho umwanzuro ni uko amadeni abamotari bari bafitiye Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yavanyweho. Uyu mwanzuro wafatiye mu Nama yaguye yahuje Abamotar...
Kuri uyu wa Kane tariki 13, Mutarama, 2022 mu Mujyi wa Kigali habaye ikintu bamwe batekerezaga ko kidashoboka: Imyigaragambyo. Abamotari bakije moto zabo bahurira hamwe mu bice bya Kigali basa n’abaf...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13, Mutarama, 2022 abamotari bo hirya no hino mu Karere ka Nyarugenge n’ahandi bazindukiye mu myigaragambyo. Bavuga ko hari amafaranga bakatwa kuri mubazi zishyu...
Ni ikibazo abakoresha moto mu Mujyi wa Kigali bibaza nyuma y’uko abo mu kigo gicuruza ikoranabuhanga ryo kwishyura moto ukoresheje mubazi kitwa Yego Innovision Ltd batangarije Taarifa ko guhera tariki...









