Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba, avuga ko igihugu cye kizakomeza gukurikiza ibikubiye mu biganiro umuhuza mu kibazo cya M23 asaba. Kayikwamba ...
Uwari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM Sandrine Isheja Butera yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA. Yungirije Barore Cleophas. Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Ab...
Perezida Paul Kagame yavuze ko bidakwiye ko abayobozi bahora mu nama z’urudaca kandi zikerereza abantu ntihavemo imyanzuro irambye. Yabwiye Abaminisitiri bashya barahiriye inshingano ko mbere yo gukor...
Abagize Guverinoma baherutse gushyirwaho na Minisitiri w’Intebe bazarahira kuri uyu wa Mbere. Aba bagabo n’abagore bagera kuri 21 baherutse gutangazwa mu itangazo ryasohotse mu ijoro ryo ku wa Gatanu ...
Perezida Kagame yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo ibintu bitandukanye birimo n’abayobozi bashya b’Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa no kurengera umuguzi, RICA. Uwahoze ari umuyob...
Nyuma y’uko Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19 irangiye, Perezida Kagame yayoboye Inama Y’Abaminisitiri ibaye ku nshuro ya mbere mu mwaka wa 2024 Ni Inama i...
Mu gihe runaka kiri imbere, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), irateganya kuzamurikira rubanda urubuga rw’ikoranabuhanga ruzajya rukoreshwa mu kumenya abaturage bakeneye inkunga. Ni mu rweg...
Abahanga bo mu bihugu bigize Umuhora wo hagati( Central Corridor) baherutse mu Burundi mu nama ibanziriza y’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa remezo. Baherutse kwigira hamwe uko inzira z’uyu muhora zak...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko hagenwe amafaranga(atatangajwe umubare) yo gutunga abamugariye ku rugamba ‘batishoboye’. Nta makuru arambuye kuri uyu mwanzuro aratang...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yahinduye abayigize. Minisitiri w’Intebe Sama Lukonde ashimirwa ko itsinda yashyizeho yaritoranyije neza kandi ko rizagira uruhare mu gutuma amahoro ag...









