Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda na RIB, hari abantu 45 barimo abasore n’inkumi biganjemo abo mu Murenge wa Nyakarenzo mu Karere ka Rusizi bafashwe. Bari basanzwe batekera abantu imitwe kuri telefon...
Mu Karere ka Rusizi hari abantu bamaze imyaka barajujubije abaturage babatekera imitwe bakabatwara amafaranga. Abo bantu bitwa ‘Abameni’ cyangwa Men mu Cyongereza bakunze gutwara amafaranga y’abaturag...

